• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Uruganda rwa Apple rwatangaje ko Iphone 17 itazigera ikorerwa muri Amerika

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 20, 2025
in Amakuru
0
Uruganda rwa Apple rwatangaje ko Iphone 17 itazigera ikorerwa muri Amerika
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Apple yatangaje ko iPhone 17 izakorerwa mu Buhinde mu rwego rwo kwirinda imisoro ihenze yashyizweho na Donald Trump.

Sosiyete ikomeye mu by’ikoranabuhanga yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Apple, yamaze gutangaza ko telefoni nshya ya iPhone 17 izajya ikorerwa mu Buhinde.

Related posts

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

March 15, 2026
Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026

Uyu mwanzuro wafashwe hagamijwe kwirinda ingaruka z’amategeko mashya yashyizweho na Perezida Donald Trump agamije kuzamura imisoro ku bicuruzwa bitumizwa mu Bushinwa.

Nk’uko byatangajwe, ubwoko bwose bune bwa iPhone 17 buzajya bukorerwa mu Buhinde, mu rwego rwo kugabanya imisoro ihenze.

Inganda nka Tata Group yo muri Tamil Nadu ndetse na Foxconn ifite icyicaro i Bangalore, nizo zizitabazwa mu gukora izi telefoni nshya.

Umuyobozi Mukuru wa Apple, Tim Cook, yavuze ko n’ubwo iPhone 17 izakorera mu Buhinde, Ubushinwa buzaguma ari isoko rikomeye ritanga ibikoresho by’ibanze bikoreshwa mu kuyikora.

Uretse ibi, Apple yatangaje ko iPhone 17 izaba ifite umubiri woroshye, amabara mashya, kamera zigezweho ndetse n’uburyo bushya bwo gukora bwa iOS 26.

Ubu buryo buvugwa ko ari bwo bunini kurusha ubundi Apple izaba yakoze mu myaka 10 ishize.

Byitezwe ko iPhone 17 izajya ku isoko mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka, ikazaba ifite igiciro cyo hejuru kurusha ibisanzwe, bitewe n’impinduka ziri kuyiranga.

Previous Post

Ukraine:Umukinnyi yahawe ikarita y’umuhondo azira kuvugira Ikirusiya mu kibuga

Next Post

RDC: Abagore bakomeje gusuka amarira kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorerwa n’imitwe yitwaje intwaro

Next Post
RDC: Abagore bakomeje gusuka amarira kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorerwa n’imitwe yitwaje intwaro

RDC: Abagore bakomeje gusuka amarira kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorerwa n’imitwe yitwaje intwaro

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved