• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umutoza W’ikipe ya Chelsea atewe agahinda n’ibiri kubera mu gikombe cy’isi

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
June 29, 2025
in Uncategorized
0
Umutoza W’ikipe ya Chelsea atewe agahinda n’ibiri kubera mu gikombe cy’isi
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Enzo Maresca utozaikipe ya chelsea yagaragaje akababaro yatewe n’icyemezo cyafashwe cyo guhagarika umukino amasaaha agera kuri abiri yose avuga ko ibi Ari ugutesha agaciro umupira w’amaguru.

Umutoza w’ikipe ya chelsea Enzo Maresca ntago yigeze yishimira icyemezo cyafashwe cyo kuba bahagaritse umukino amasaaha agera kuri abiri nubwo uyu mukino warangiye ikipe ya chelsea itsinze ibitego 4-1 ikipe ya Benifica gusa ibyo byabaye mu minota 30 y’inyongera (extra time ) iyi minota yaje isanga indi 90 Bari bakinnye mbere ubwo iba 120.

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Mugahinda kenshi ubwo yaganiraga n’itangaza makuru yagize ati” ibi ntago bibaho ntago bishoboka nagato, guhagarika umukino amasaaha abiri ?! Ibi ntago ari umupira w’amaguru ntago bikwiye kubaho.”

Avuga ko nubwo bahagaritse umukino kumpamvu zumutekano ariko bitari bikwiye kuba bategura umukino ko wabera ahantu hadatekanye.

Yagize ati:” Ndubyumva umukino wahagaritswe ku mpamvu z’umutekano, ariko ahantu nk’aha ntabwo habereye gukinirwa umupira nk’uyu. Bantu banjye,uyu  si umupira w’amaguru guhagarika umukino amasaha abiri”.

Yavuze ko umukino kuba wahagarikwa kuriya wari kugira ingaruka Ku bakinnyi ndetse bigatuma bagira imyitwarire itandukanye mu kibuga.

Muka babaro kenshi yakomeje agira ati”abantu basekaga , barya bananywa abandi bibereye mu materefone yabo icyo gihe iyo bigenze uko ntago biba bikiri umukino kuko ntago bisanzwe kuba umukino wahagarikwa Ku munota wa 85 utarinjizwa igitego, wagaruka mu kibuga ugatangira kwinjizwa ibyo si ibintu.”

Byamwanze munda asoza asaba abashinzwe gutegura iyi mikino ko bajya bategura ibintu biri kumurongo kuko ibi bibazo bimaze kujyera kure.

Yagize ati:” Niba imikino itandatu cyangwa irindwi ihagarikwa, bivuze ko hari ikitagendaneza nkuko bikwiye.”

Previous Post

Jürgen Klopp watoje amakipe akomeye nka Liverpool yatangaje ko ntaho akeneye kongera guhurira n’umwuga wo gutoza

Next Post

Muhanga: Hari gushakisha umurambo w’umusore warohamye mu cyuzi

Next Post
Muhanga: Hari gushakisha umurambo w’umusore warohamye mu cyuzi

Muhanga: Hari gushakisha umurambo w'umusore warohamye mu cyuzi

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved