• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Umusore w’imyaka 20 yiyahuriye kwa Makuza

OMEGA BOY by OMEGA BOY
June 4, 2025
in Amakuru
0
Umusore w’imyaka 20 yiyahuriye kwa Makuza
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Kamena, Ishimwe Thierry w’imyaka 20 yamanutse mu nyubako ndende mu Mujyi wa Kigali yikubita hasi ahita apfa. Yamanutse mu igorofa ya 13 ahazwi nko kwa Makuza ahita apfa nkuko byemejwe na Polisi y’Umujyi wa Kigali.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire yavuze yavuze ko iyi nsanganya yabaye Saa cyenda n’iminota 10′.

Related posts

U Rwanda na RDC bigiye kongera guhurira mu biganiro byo kuzahura inzira y’amahoro i Washington

U Rwanda na RDC bigiye kongera guhurira mu biganiro byo kuzahura inzira y’amahoro i Washington

March 17, 2026
Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

March 17, 2026

Biikekwa ko nyakwigendera yaba yiyahuye biturutse ku nyandiko yasanganywe.

Yagize ati: “Habonetse urwandiko rwanditseho ko arambiwe Isi bitewe nuko yari ayibayeho, anashimira abamubaye hafi.”

Icyakoze Polisi y’Umujyi wa Kigali, irakebura Abaturarwanda ko kwiyahura atari byo.

Ati: “Birashoboka ko waba ufite ibibazo, mu buzima kandi n’abantu benshi bagira ibibazo, ariko ufite ikibazo wakwegera inzego z’ubuyobozi, abajyana ariko ntuhitemo kwiyambura ubuzima.”

Polisi y’Umujyi wa Kigali yavuze ko umurambo wahise ujyanwa ku bitaro bya Kacyiru kugira ngo hamenyekane niba nyakwigendera hari ubundi burwayi yari asanzwe afite.

Iranihanganisha kandi n’umuryango wa nyakwigendera ariko ko n’igihugu kiba kibuze amaboko muri rusange.

Previous Post

Rusizi: Umuturage yakuye umugano asangano Gerenade

Next Post

Tanzania yahagaritse ikoreshwa ry’urubuga rwa X yahoze ari Twitter mu gihugu hose

Next Post
Tanzania yahagaritse ikoreshwa ry’urubuga rwa X yahoze ari Twitter mu gihugu hose

Tanzania yahagaritse ikoreshwa ry'urubuga rwa X yahoze ari Twitter mu gihugu hose

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved