• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Imikino

Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 29, 2025
in Imikino
0
Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umusifuzi Ngaboyisonga Patrick yongeye kuba inkuru ishyirwa ku mitwe y’ibinyamakuru byinshi nyuma yaho mu ijoro ryatambutse yagaragaye kuri Stade Amahoro yambaye imyenda irimo amabara ya APR FC.

Nta cyumweru cyari gishize uyu musifuzi asifuye umukino Rayon Sports yatsinzwemo na Bugesera FC bigateza impaka ndetse n’imvururu nyinshi aho abafana ba Murera bamushinjaga kubogama mu misifuriure ye.

Related posts

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

January 12, 2026
APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

January 10, 2026

Ngaboyisonga yagaragaye kuri Stade Amahoro mu ijoro ryakeye aho yari mu bihumbi byabafana ba APR FC bari baje gushyigikira ikipe yabo ku mukino wa nyuma wa shampiyona 2024/2025 ukaba ari umukino APR FC yatsinze yihanije bikomeye ikipe ya MUSANZE FC ibitego 3-1 Byose byatsinzwe na Ruboneka Jean Bosco.

Mu mashusho yakomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yerekana uyu musifuzi Ngaboyisonga Patrick yicaye muri Stade Amahoro aho yari yambaye umupira w’umweru urimo imirongo miremire ihagaze y’umukara akaba agaragara mu mashusho arimo aganira n’undi musore aho bombi bari bicaye mu myanya ya biyubashye muri Stade Amahoro.

Mu bitekerezo byagiye bitangwa ku mbuga nkoranyambaga bamwe bavuze ko ari ibara uyu musifuzi yakoze abandi bavuga ko hirya y’ubuzima bwa ruhago na we ari umuntu ashobora kugira ikipe ashyigikira cyangwa se akaba yaza kureba umupira nk’undi mukunzi wawo wese.

Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC

Previous Post

Umwe mu bahanga Afrika yarisigaranye mu kwandika ibitabo yitabye Imana

Next Post

Umuhango wo ‘Kwita Izina’ abana b’ingagi wasubukuwe

Next Post
Umuhango wo ‘Kwita Izina’ abana b’ingagi wasubukuwe

Umuhango wo 'Kwita Izina' abana b’ingagi wasubukuwe

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved