• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuriro watse hagati y’umuhanzikazi Taylor Swift n’uwahoze ar’incuti ye magara

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 17, 2025
in Uncategorized
0
Umuriro watse hagati y’umuhanzikazi Taylor Swift n’uwahoze ar’incuti ye magara
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuhanzikazi Taylor swift ari kwitegura gushyira hanze album gusa biravugwa ko imwe mu ndirimbo ziriho ishobora kuzaba irimo amagambo asebya umukinnyikazi wa Filime Blake Lively bahoze ari incuti magara.

Umuhanzikazi Tylor Swift kuri ubu ufite imyaka 35 y’amavuko, ku wa 13 Kanama nibwo yatangaje ko ari gutegura album kandi ko yenda kuyishyirahanze yise “The Life Of a Show Girl”  izaba iriho indirimbo yise ‘Ruin the Friendship’ izaba ivugwamo ukuntu Tylor Swift yahomberaga mu bucuti yari afitanye n’uyumukunnyi kazi wa filime Lively kuri ubu ufite imyaka 37 Y’amavuko.

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Bivugwa ko Tylor Swift na Lively kuri ubu barebana ayingwe batakivugana ku mpamvu z’uko ikipe ya Lively yajyanye mu nkiko Tylor mu Kuboza mu 2024, bamuziza ko yanze gukora ibyo bamusabaga.

Mu 2014 nibwo ubucuti bwabo bwaciye ibintu aho Tylor Swift yakunze gukoresha abana b’abakobwa ba Lively mu bihangano bye, abana  ba Lively uko ari batatu bagiye bakora mu ndirimbo za Tylor swift zitandukanye aho indirimbo yitwa Georgeous ariyo yumvikanyemo ijwi ry’uwitwa james bikarangira itumbagiye ikagera kure siyo gusa kuko hari nizindi yagiye akorana n’abana uko ari batatu b’uyu Lively bikaba byerekana ko bari bafitanye umubano uhambaye.

Gusa kurundi ruhande umubanzikazi Tylor swift yabyamaganiye kure ubwo yaganiraga na New Height yavuze ko yatangiye gukora iyi Album ubwo yari  i Burayi ari mubitaramo bye byiswe Eras Tour yagiye akora mbere y’uko havugwa ibyo byose we n’uwahoze ari incutiye.

Kuva icyo gihe ubwo Swift yajyanywaga mu nkiko n’ikipe ya Lively, imbaraga z’ubucuti ku ruhande rwa Swift zaragabanutse ndetse n’umukunzi we Travis Kelce yahise areka gikurikira, kuri Instagram, Reynolds wafashe lyambere mu kujyana mu nkiko Swift.

Previous Post

Jadon Sancho ukinira ikipe ya Manchester United ibyo yakoze byateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga

Next Post

Umufana yapfiriye mu mukino wari wahuje ikipe ya Brighton na Fulham

Next Post
Umufana yapfiriye mu mukino wari wahuje ikipe ya Brighton na Fulham

Umufana yapfiriye mu mukino wari wahuje ikipe ya Brighton na Fulham

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved