• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umuraperi Jay Z yanditse amateka akomeye ku Isi

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 24, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Umuraperi Jay Z yanditse amateka akomeye ku Isi
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuraperi w’icyamamare muri Amerika, Shawn Carter uzwi nka Jay-Z, yongeye kwandika amateka yo kubabariwe mukire wambere utunze agatubutse ku Isi. Ikinyamakuru Forbes cyatangaje ko ari we muhanzi uyoboye isi mu butunzi, aho afite agaciro ka miliyari 2.5$.

Uretse injyana ye yamamaye ku isi, Jay-Z yamaze kuba n’umushoramari ukomeye. Yashoye imari mu ruganda rukora champagne yitwa Ace of Spades, mu ruganda rwa cognac D’Ussé, anakuramo inyungu mu kugurisha urubuga rwa muzika rwa Tidal.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Yongera kuri ibyo ibikorwa by’imyambaro ya Rocawear, imiturire, amahoteli, ikoranabuhanga n’imishinga mito y’abashoramari.

Naho ku ruhande rw’abagore, Forbes yemeje ko Taylor Swift akiri ku isonga, aho umutungo we ugeze kuri miliyari 1.6$. We akaba ari na we muhanzi wa mbere wageze ku rwego rwa miliyari binyuze gusa ku bihangano bye no ku bitaramo, bitandukanye n’abandi benshi bagiye bifashisha n’ishoramari rindi.

Ibi byerekana neza ko umuziki ubu ufatwa nk’urwego rufasha abahanzi guhindura impano yabo imari, aho kuyigumisha mu gususurutsa gusa.

Previous Post

Umugore ufite umwana yegukanye ikamba rya Miss Universe Tanzania 2025

Next Post

RDC:Abantu 14 barimo abanya Uganda bakatiwe igihano cy’urupfu

Next Post
RDC:Abantu 14 barimo abanya Uganda bakatiwe igihano cy’urupfu

RDC:Abantu 14 barimo abanya Uganda bakatiwe igihano cy’urupfu

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved