• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuhanzi ufite izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yaho yakoze ubukwe bwatunguye benshi

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 16, 2025
in Uncategorized
0
Umuhanzi ufite izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yaho yakoze ubukwe bwatunguye benshi
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuhanzi ukomoka muri Uganda ndetse akaba afite inkomoko mu Rwanda  wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Levixone yasezeranye imbere y’imana n’umukunzi we Desire Luzinda.

Levixone wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza  imana  yasezeranye imbere y’imana na Desire Luzinda akarusho nuko aba bombi ari abahanzi, iby’ubukwe bwabo, bwambere bimenyekana hari taliki 27 Nyakanga 2025 ubwo berekanwaga mu rusengero rwitwa Phenero Ministries i Kampala.

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Taliki 12 Kanama nibwo habaye umuhango wo gusabano gukwa wabereye aho ababyeyi ba Desire batuye mugace ka Kawanda-Katalemwa.

Nyuma y’ibyo, Levixone mu byishimo  yagiye ku mbuga nkoranyambaga agira ibyo atangaza yagize ati”guhera ubu ndi uwawe nawe ni uwanjye, amagambo ntago ashobora gusobanura cg ngo agaragaze ibyishimo mfite mu mutima ubwo niteguraga kurushinga n’urukundo rw’ubuzima bwanjye”.

 

Levixone na Desire basezeranye imbere y’imana kuri uyu Wagatanu aho basezeranyijwe na Apostle Grace Lubega akaba umushumba mukuru w’itorero Pheneroo Ministries international, aho byabereye kuri serena Hotel Kigo.

Ibu byatumye incuti, imiryango, abavandimwe ndetse n’abafana bakunda uyu muhanzi  nyuma y’ibyo hakurikiyeho kwiyakira birangiye barabyina koko.

Kuri ubu Desire Luzinda yabaye umugore wa Levixon byemewe imbere y’imana, Luzinda yamenyekanye mu ndirimbo zisanzwe gusa nyuma yaje guhindura ajya mu kuramya no guhimbaza imana, naho Levixone we yatangiye urugendo rwo kuririmba indirimbo z’imana akiri muto.

 yamamaye cyane ndetse akundwa mu ndirimbo nyinshi zirimo ‘Turn the Replay’, ‘Chikibombe’, na ‘Mbeera’.

Previous Post

Joshua Baraka yageze i Kigali

Next Post

Donald Trump nyuma y’ihura rye na Vladimir Putin yijeje abantu ko agiye kugirana ibiganiro n’umuryango wa NATO hakarebwa uko intambara y’u Burisiya na Ukraine yahagarara

Next Post
Donald Trump nyuma y’ihura rye na Vladimir Putin yijeje abantu ko agiye kugirana ibiganiro n’umuryango wa NATO hakarebwa uko intambara y’u Burisiya na Ukraine yahagarara

Donald Trump nyuma y'ihura rye na Vladimir Putin yijeje abantu ko agiye kugirana ibiganiro n'umuryango wa NATO hakarebwa uko intambara y'u Burisiya na Ukraine yahagarara

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved