• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

U’Buhinde: Umwuzure wishe abagera kuri 46 naho abarenga 200 baburirwa irengero

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 15, 2025
in Amakuru
0
U’Buhinde: Umwuzure wishe abagera kuri 46 naho abarenga 200 baburirwa irengero
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Kashmir kuri ubu igenzurwa n’ubuhinde umwuzure watewe n’imvura wahibasiye wica abaturage 46 abandi barenga 200 baburirwa irengero.

Ahazwi nka Chasoti agace gakunda gukorerwamo ingendo z’ababa bagiye kuramya  ikigirwamana cya Durga niho hibasiwe n’uyu mwuzure mugitondo cyo kuwa 14 Kanama 2025.

Related posts

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

March 15, 2026
Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026

Umuyobozi wo mu nzego z’ibanze yabwiye  ibiro ntaramakuru Reuters ko ubwo umwuzure  wibasiraga aka gace, hari abantu benshi bari bahateraniye, bafataga amafunguro.

Ati “Abantu benshi bagiye muri uru rugendo bari bahateraniye bari gufata amafunguro, urabatwara.”

Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kishtwar gaherereyemo aka gace, Ramesh Kumar, yatangaje ko abasirikare batangiye ibikorwa byo gutabara no gushakisha ababuriwe irengero.

Ramesh yagize ati “Amatsinda y’ingabo zirwanira ku butaka no mu kirere yatangiye akazi. Ibikorwa byo gushakisha n’ubutabazi birakomeje.”

Ibi si ubwambere bibaye kuko no mu ntangiriro za kanama 2028 hari ahandi muri Leta ya Uttarakhand iherereye mu majyaruguru y’ubuhinde naho hibasiwe n’umwuzure hagapfa abantu bane

Previous Post

Donald Trump ntago yishimiye itangazamakuru riri kurwanya umuhuro we na putin

Next Post

Umukino wari kuzahuza APR FC na Pyramids FC wigijwe inyuma

Next Post
Umukino wari kuzahuza APR FC na Pyramids FC wigijwe inyuma

Umukino wari kuzahuza APR FC na Pyramids FC wigijwe inyuma

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved