• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Politics

U Bushinwa n’u Buhinde bari gutiza umurindi intambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya – Donald Trump

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
September 24, 2025
in Politics
0
U Bushinwa n’u Buhinde bari gutiza umurindi intambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya – Donald Trump
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Perezida Donald Trump yashinje u Bushinwa n’u Buhinde kugira uruhare mu kurushaho gutiza umurindi intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine, avuga ko ibi bihugu byombi bikomeje kugura ku bwinshi gaz na peteroli by’u Burusiya, amafaranga avamo akifashishwa mu gukomeza ibikorwa bya gisirikare.

Trump aherutse gufatira u Buhinde ibihano by’ubukungu, aho yazamuye imisoro ku bicuruzwa byaho bigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku kigero cya 25%, bituma rusange y’imisoro yose kuri ibyo bicuruzwa igera kuri 50%.

Related posts

Amasezerano ya Washington hagati ya RDC n’u Rwanda agiye kuganirwaho mu Nteko Ishingamategeko ya Congo

Amasezerano ya Washington hagati ya RDC n’u Rwanda agiye kuganirwaho mu Nteko Ishingamategeko ya Congo

March 16, 2026
Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yakoreraga muri iki gihugu arenga 100 yasenywe

Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yakoreraga muri iki gihugu arenga 100 yasenywe

January 30, 2026

Amakuru yerekana ko mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka, u Bushinwa bwihariye 47% bya peteroli yose u Burusiya bwagurishije hanze ndetse bunagura 51% bya gaz yoherejwe ku isoko mpuzamahanga. Ku ruhande rw’u Buhinde, hafi 80% bya peteroli bukoresha isanzwe ituruka mu Burusiya.

Ibi bituma u Burusiya bushyigikirwa cyane n’amasoko y’ibi bihugu byombi, kuko byiharira hafi 80% bya peteroli yose bugurisha mu mahanga muri ibi bihe. Ni na byo byashingiweho na Trump avuga ko u Bushinwa n’u Buhinde ari byo bihugu bikomeye bikomeje guha u Burusiya ubushobozi bwo gukomeza intambara muri Ukraine.

Previous Post

Rubavu: Umwarimu afunzwe azira gukora amanyanga

Next Post

Abageni bari bafite ubukwe i Nyamasheke nyuma bagahura n’uruva gusenya barasaba ubufasha

Next Post
Abageni bari bafite ubukwe i Nyamasheke nyuma bagahura n’uruva gusenya barasaba ubufasha

Abageni bari bafite ubukwe i Nyamasheke nyuma bagahura n'uruva gusenya barasaba ubufasha

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved