• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Sean Kingston yakatiwe gufungwa imyaka itatu

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 16, 2025
in Uncategorized
0
Sean Kingston yakatiwe gufungwa imyaka itatu
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuhanzi Sean Kingston  yakatiwe gufungwa imyaka itatu n’igice nyuma y’uko ajuriye asaba gufungirwa murugo iwe bikanga.

Umunyamerika ufite inkomoko muri Jamaica Kisean Anderson wamenyekanye ku izina rya Sean Kingston yakatiwe gufungwa imyaka itatu n’igice nyuma y’uko asabye kuba yagabanyirizwa ibihano agafungirwa iwe bikanga, byanzuwe ko agomba gufungwa iyo myaka.

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Sean Kingston ubwo yafatwaga ntago yagiye wenyine kuko yajyanye na nyina  Janice Turner bazira gushaka kwijandika mu buriganya bukorerwa kuri murandasi aho bariganyije amayero ibihumbi 738.

Bivugwa ko bashatse kurya aya mafatamga ubw bari batumije ibicurizwa bihenze  cyane birimo amasaaha , ibikoresho bikozwe mumbaho, imodoka itabasha kuraswa ngo itoborwe n’amasasu nibindi.

Ayo mayeri bashatse gukora  akaba ariyo uyu muhanzi Kingsto afunzwe azira.

Ubushinja cyaha buvuga ko kingston na nyina babikoze bitwaje izina ry’ubwamamare bafite babeshya abari babizanye ko bazishyura nuko igihe cyo kwishyura kigeze berakana inyemezabwishyu mpimbano zemeza ko bishyuye ibyo bari batumije.

Gusa hakozwe iperereza basanga kingston yagiye agirana biganiraho na nyina inshuro nyinshi kuri telephone bategura uko bazabigenza.

Mbere yo gukatirwa ibinyamakuru byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika byatangaje ko kingston yari yasabye imbabazi avuga ko akuyemo isomo, gusa nyina we yari yaramaze gukatirwa imyaka itatu Muri nyakanga Uyu mwaka.

Sean Kingston na nyina bafashwe mu ntangiriro z’uyumwaka wa 2025.

Sean Kingston yakoze indirimbo nyinshi zakunzwe nabatari bake kujyeza nanubu hari bamwe bakizumva nka Face drop,Fire Burning , Beautiful Girls arinayo yatumye yamamara cyane gusa yakoze nizindi nyinshi.

Gusa ikindi twakwibutsa nuko Kingston yakoranye indirimbo n’umuhanzi wahano mu Rwanda Tom Close aho iyi ndirimbo yasohotse kuwa 1 Mutarama 2015 yitwa Good Time Tonight, gusa ntago yigeze imenyekana kurwego ruhambaye nkuko byari byitezwe, iyi ndirimbo amashusho yayo yafatiwe i Hollywood muri Amerika nkuko Nyirayo Tom Close abivuga.

Previous Post

Donald Trump yahamagaje Volodymyr Zelensky wa Ukraine ngo baganire

Next Post

Alijeriya:imodoka itwara abagenzi yakoze impanuka ikomeye abantu 18 bitaba imana

Next Post
Alijeriya:imodoka itwara abagenzi yakoze impanuka ikomeye abantu 18 bitaba imana

Alijeriya:imodoka itwara abagenzi yakoze impanuka ikomeye abantu 18 bitaba imana

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved