• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yashimagije Donald Trump

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 19, 2025
in Uncategorized
0
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yashimagije Donald Trump
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Volodymyr Zelenskyy wa ukraine yagaragaje ko yishimiye kuzahura na Donald Trump ndetse na Vladimir Putin bigamije kureba uko intambara ya Ukraine n’u Burusiya bihanganyemo.

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyykuri uyu wambere Taliki 18 Kanama nibwo yakiriwe na Mugenziwe Donald Trump ngo baganire gusa yagaragaje ko abyishimiye.

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Volodymyr Zelenskyy yari aherekejwe nabamwe mu bayobozi bakomeye bavuyemu bihigu biherereye ku mugabane w’uburayi barimo Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa.

Hashize iminsi mike Donald Trump  ahuye na Putin i Alaska ngo baganire inzira yagarura amahoro hagati n’u Burusiya ndetse na Ukraine mu ntambara bihanganyemo.

Bemeranyije ko bagomba guhura vuba, ndetseko yizeye neza ko Zelenskyy nawe azitabira ibiganiro bizamuhuza na Putin.

Yagize ati “Ndakeka biri kugenda neza kugeza ubu, tuzagira inama y’Abakuru b’Ibihugu batatu, kandi ndizera ko hazaboneka amahirwe yo kurangiza intambara igihe tuzaba twabikoze.”

Zelenskyy waje wacishije make bitandukanye n’ibyubushize, yumvikanye ashimagizaTrump  avuga uburyo igihugu cye byamubaye hafi nubwo abaturage ba Ukraine bacyugarijwe.

Yagize ati “Umunsi ku munsi turi kuba mu buzima bw’ibitero. Murabizi ko n’uyu munsi hari ibitero byinshi byakomerekeje abantu benshi. Hari n’umwana wahasize ubuzima, umwana muto ufite umwaka umwe n’igice,rero turifuza guhagarika iyi ntambara, guhagarika u Burusiya. Kandi turifuza korohereza abafatanyabikorwa bacu b’Abanyamerika n’Abanyaburayi, ku buryo tuzakora uruhare rwacu.”

Nyuma  y’ibiganiro Trump yagiranye na Putin mu cyumweru  baganiriye n’itangaza makuru Putine w’u Burusiya yijej Trump ko nawe bazahurira i Moscow vuba cyane.

Abandi bayobozi bayobora ibihugu by’u Burayi nabo bashyigikiye ko iyi ntambara ihagarara kuko imaze gutwara inzirakarengane nyinshi nyndetse yangije byinshi rero igihe kirageze ngo ihagarare.

Previous Post

Joshua Baraka yakoranye indirimbo n’umuhanzi wo mu Rwanda

Next Post

SDMS: Uko wareba amanota ya P6&S3 yasohowe na NESA / Check for National Examinations RESULTS (2024/2025)

Next Post
SDMS: Uko wareba amanota ya P6&S3 yasohowe na NESA / Check for National Examinations RESULTS (2024/2025)

SDMS: Uko wareba amanota ya P6&S3 yasohowe na NESA / Check for National Examinations RESULTS (2024/2025)

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved