• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Pep Guardiola burya ngo yahoze ari umunyamideli

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 17, 2025
in Uncategorized
0
Pep Guardiola burya ngo yahoze ari umunyamideli
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Pep Guardiola burya ngo mu myaka ya 1990 agikinira ikipe ya FC Barcelona yari n’umunyamideli.

Umutoza w’ikipe ya Manchester City, Pep Guardiola burya mu myaka yatambutse yigeze kwinjira mu ruganda rw’imidel aho mu mwaka wa 1993 ubwo yakiniraga ikipe ya Barcelona,yaje gutumirwa mu gitaramo cy’imideli cyari cyateguwe na Antonio Miró cyikabera ahitwa Catalonia akaza yambaye imyensa yari igezweho icyo gihe.

Guardiola mukujya muri icyo gitaramo yaje yambaye imyambaro yari ikunze kwambarwa n’urubyiruko, byatunguye benshi kuko ntamuntu wari witeze ko umukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru nk’uyu yajya ku rubyiniro nk’umunyamidel.

Nyuma y’uko ahaserutse bakamubona byabaye byiza cyane bituma abantu bagura imyambaro Guardiola yari yambaye byongera kuzamura izina ry’uwari wateguye iki gitaramo Antonio Miró.

Gusa nubwo yagiye muricyo gitaramo uwari umutoza we icyo gihe Johan Cruyff ntago yabyishimiye kuko yabifashe nkaho ari ubunyamwuga buke ku mukinnyi nkuyu wari ufatiye  runini ikipe.

Gusa ntago byarangiriye aho gusa kuko Guardiola yahise ahanwa n’umutoza we kujyirango bimubere isomo.

Uyu munsi, Guardiola azwi cyane nk’umutoza ukomeye cyane , yatoje amakipe atandukanye nka Barcelona, Bayern Munich na Manchester atoza uyu munsi.

Previous Post

Alijeriya:imodoka itwara abagenzi yakoze impanuka ikomeye abantu 18 bitaba imana

Next Post

Jadon Sancho ukinira ikipe ya Manchester United ibyo yakoze byateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga

Next Post
Jadon Sancho ukinira ikipe ya Manchester United ibyo yakoze byateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga

Jadon Sancho ukinira ikipe ya Manchester United ibyo yakoze byateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved