Ntibisanzwe: Umugabo yajyanye mu nkiko resitora yamugaburiye ibitunguru bikenda kumuhitana
Umugabo witwa Demery Ardell Wilson yajyanye mu nkiko resitora ya Whataburger, ayisaba kumwishyura indishyi ya miliyoni imwe y’amadorali nyuma y’ibitunguru ...
Umugabo witwa Demery Ardell Wilson yajyanye mu nkiko resitora ya Whataburger, ayisaba kumwishyura indishyi ya miliyoni imwe y’amadorali nyuma y’ibitunguru ...
Dusabeyezu Seraphine, wari utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamusenyi, Umurenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, yasanzwe yapfuye ...
Mu Karere ka Gicumbi umwarimukazi aravugwaho gutegeka abanyeshuri gukubita mugenzi wabo bamuziza ifunguro, bimuviramo gupfa. Amakuru avuga ko byabereye mu ...
Umuyobozi w’ishuri rya G.S Mututu arashinja mugenzi we ushinzwe amasomo (Prefet des étude) kuza mu kazi yasinze mu bihe bitandukanye, ...
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatanze umucyo, asobanura ko amashusho agaragaza umugore we amukora mu majigo, akamukubita urushyi rwavugishije Isi ...
Umugore yataye uruhinja mu rugo rw’umusaza w’imyaka 85 n’uwo musaza adahari, ubuyobozi bwaje gukurikirana bumenya ko uwo mu gore ari ...
Abakozi babiri bo mu kigo APENA Technical Secondary School (TSS) batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo kwakira indonke z’abanyeshuri ngo ...
Inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 26 Gicurasi 2025 iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje amasezerano ajyanye no gutwara abantu ...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo Sezisoni Manzi Davis n’umugore we Akaliza Sophie baregwa ibyaha birimo kwihesha ikintu ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyakuye ku isoko inzoga yitwa Ubutwenge yakorwaga mu buryo butemewe, kandi ikaba ...
© 2025 All Right Reserved