Abadepite ntibumva uburyo hari imigano yatewe ku muhanda igatwara miliyoni 12 Frw ariko ubu bikaba nta n’umwe uhari
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bagaragaje ko bitumvikana ukuntu hatewe imigano ku muhanda ariko igihe ...










