Umunyarwandakazi warumaze iminsi avugwa mu rukundo n’umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo yananiwe kwiyumanganya, ashimangira uburyo umutima we wihebeye uwo musore
Kera kabaye, Kate Bashabe yananiwe kwiyumanganya, ashimangira uburyo umutima we wihebeye Tumelo Ramaphosa, umuhungu wa Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika ...










