Aba-Cardinal bose berekeje i Vatican gutegura umuhango wo gushyingura Papa Francis
Aba-Cardinal bose berekeje i Vatican aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata, bagomba guhura kugira ngo bategure ...
Aba-Cardinal bose berekeje i Vatican aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata, bagomba guhura kugira ngo bategure ...
Cardinal Antoine Kambanda ari mu bazitabira amatora ya Papa mushya uzasimbura Papa Francis witabye Imana ku wa 21 Mata 2025, ...
Polisi yo muri Équateur (Ecuador) ivuga ko yataye muri yombi abantu bane bitwaje imbunda, bagabye igitero cyabereye mu mirwano y’amasake, ...
Inkuru y’inshamugongo yakwiriye Isi yose mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika ko umushumba wa Kiliziya Gatorika ku ...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yitabye Imana ku myaka 88 y’amavuko nyuma y’igihe yari amaze arwaye indwara z’ubuhumekero. Urupfu ...
Umugore witwa Izabayo w’imyaka 28 wo mu karere ka Rutsiro yakubiswe n’inkuba ahita apfa. Ibi byabereye mu Murenge wa Mushonyi, ...
Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, yagarutse ku nzira y’umusaraba yanyuzemo ubwo yari mayibobo, yambara umwenda umwe, nta faranga ryo ...
Wayne Volz w’imyaka 34 wo muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yarashwe n’inzego z’umutekano ahasiga ubuzima, ...
Perezida w’Urugaga rw’Abikorera mu Karere ka Ruhango, Twagiramutara Khalifan, yaguye Nairobi muri Kenya aho yari yaragiye kwivuriza. Perezida w’Inama Njyanama ...
Ibikorwa by’ishyaka rya Joseph Kabange Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo byahagaritswe ku butaka bw’icyo gihugu, ...
© 2025 All Right Reserved