Nyamasheke: Umwarimu wari waranze gutanga indezo bamushyiriye uruhinja rw’amezi 3 aho yigisha
Mwarimu Siborurema Amiel w’imyaka 25 wari urimo yigisha mu mwaka wa 5 w’amashuri abanza muri GS Rurembo, Umurenge wa Karambi, ...
Mwarimu Siborurema Amiel w’imyaka 25 wari urimo yigisha mu mwaka wa 5 w’amashuri abanza muri GS Rurembo, Umurenge wa Karambi, ...
Umusore wasambanyije umukobwa ku gahato amufatiyeho icyuma, amukangisha ko amukorera nk’ibyo “Kazungu wahamwe n’ibyaha by’ubwicanyi” yakoraga yatawe muri yombi. Uyu ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu b’abanyamahanga bakurikiranyweho ubucuruzi bw’amafaranga butemewe, nubwo ubwenegihugu bwabo butatangajwe. Ni amakuru ...
Umugabo w’imyaka 28 wo mu gace ka Uasin Gishu muri Kenya yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa Se witwaga ...
Abacungagereza bo muri Costa Rica bafashe injangwe yinjizaga muri Gereza ibiyobyabwenge birimo urumogi na cocaine mu masaha y’ijoro. Iyi njangwe ...
Habiyaremye Zacharie wamenyekane nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ihohoterwa rishingiye ku gitsina, gukubita no gukomeretsa ndetse no guhoza ku nkenke uwo ...
Umwarimu arashakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho gusambanya umunyeshuri yigisha w’imyaka 15. Umwarimu wo mu mashuri abanza akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka ...
Mukandekezi Claudine w’imyaka 30 wo mu Karere ka Nyabihu wari utwite inda y’imvutsi, yapfiriye mu rugo rw’umugore wasengeraga abantu yiyita ...
Abana babiri barimo uw’imyaka 12 n’uwa 11 bo mu Karere ka Rutsiro, barohamye mu Kiyaga cya Kivu, ubwo bari mu ...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere ...
© 2025 All Right Reserved