• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyanza: Umusore w’imyaka 18 yasabanyije inkoko kugeza ipfuye

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 19, 2025
in Amakuru
0
Nyanza: Umusore w’imyaka 18 yasabanyije inkoko kugeza ipfuye
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umushumba w’amatungo magufi (ihene) wo mu karere ka Nyanza arakekwaho gusambanya itungo ry’inkoko rigapfa.

Byabereye mu Mudugudu wa Nyagatovu mu kagari ka Kavumu mu Murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza.

Related posts

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

March 17, 2026
Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

March 17, 2026

Umukuru w’Umudugudu wa Nyagatovu, yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko uyu musore uri mu kigero cy’imyaka 18, ubwo kuwa 18 Gicurasi 2025, yari asoje inama yari yaremesheje, ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, umwe muri ba Mutwarasibo,yageze iwe asanga itungo rye ry’inkoko ryapfuye.

Uyu avuga ko yihutiye kumumenyesha ariko umushumba wa Mutwarasibo aramwikanga, ajya mu yindi nzu yari asanzwe abamo.

Mudugudu akomeza avuga ko yohereje ushinzwe umutekano mu rugo rwa Mutwarasibo,agezeyo umushumba arahamagazwa, aza yambaye ubusa ndetse n’inkoko yari yazanye amaraso mu kibuno, yanapfuye babona ko yari yayifashe ku ngufu.

Umukuru w’Umudugudu ati”Barebye ku gitsina cy’umushumba babona hariho amaraso maze uwo mushumba bahita bumuzana mu nama aho twayikoreraga.”

Uriya mukuru w’umudugudu yakomeje avuga ko umushumba nawe ubwe yemera ko yasambanyije iriya nkoko kugeza ipfuye.

Umukuru w’umudugudu yemeje ko yabibwiye Polisi nayo imubwira ko nyir’inkoko yajya gutanga ikirego ko inkoko ye yishwe n’umushumba.

Uriya mukuru w’umudugudu yavuze ko yabonaga arebeye inyuma uriya mushumba nta kibazo afite cyo mu mutwe.

Andi makuru avuga ko uriya mushumba atahise atabwa muri yombi ndetse ko nyiri nkoko atatanze ikirego ahubwo yoherejwe iwabo bivugwa ko ari mu kagari ka Mututu mu Murenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza.

Bikekwa ko impamvu yaba yarateye uyu mushumba gusambanya iri tungo, ari uko yaba yari yanyoye ikiyobyangwenge cy’urumogi.

Previous Post

Rusizi: Umugore n’abana be babiri bafunzwe bakekwaho kwica Se ubabyara bamukuyemo amaso

Next Post

Sam Karenzi yasabye RIB gukurikirana KNC agasobanura amagambo yatangaje

Next Post
Sam Karenzi yasabye RIB gukurikirana KNC agasobanura amagambo yatangaje

Sam Karenzi yasabye RIB gukurikirana KNC agasobanura amagambo yatangaje

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved