• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Jadon Sancho ukinira ikipe ya Manchester United ibyo yakoze byateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 17, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Jadon Sancho ukinira ikipe ya Manchester United ibyo yakoze byateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Jadon Sancho ibyo yakoze ashaka kwerekana ko akunda umukunzi we  byamubereye ikibazo gikomeye ku mbuga nkoranyambaga.

Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United , jadon Sancho hashize iminsi mike avugwa mu rukundo n’umuraperi kazi Saweetie, kuri ubu ntago yorohewe n’abakoresha imbuga nkoranyambaga azira kwishyiraho Tattoo inyuma ku ijosi rye akandikaho izina Qiava, ari naryo zina ry’umukunziwe saweetie.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Aya magambo yahujwe n’izina rya kabiri ry’umuraperikazi Saweetie, ari ryo Quiava, gusa rikaburamo inyuguti imwe “u.”

Uyu mukinnyi uhembwa amafaranga angana n’ibihumbi 300 by’amapawundi nyuma yo kwandikaho iryo zina byahise bivugwa lo yaba ari mu rukundo n’uyu muraperikazi  Saweetie wamenyekanye mundirimbo nka lcy Grl.

Gusa ntawushimisha bose kuko bamwe bari kuvuga ko ari ikimenyetso gikomeye cyerekana urukundo rwabo abandi bo bakaba bavuga ko ari ubushishozi buke kwishushanyaho Tattoo y’umukunziwe ku rukundo rutaramara igihe cyane ko nta mumaro wabyo, bikaba bikomeje kuba urwenya imbere y’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse n’abafana be.

Umwe mu bafana yanditse agira ati: “Quavo ntiyigeze abikora. YG na we ntiyigeze abikora. Ariko Sancho koko yego abazumgu bagira urukundo nyakuri ariko kwishushanyaho izina ryumuntu mu rukundo rutaramara umwaka ni ubuswa.”

Previous Post

Pep Guardiola burya ngo yahoze ari umunyamideli

Next Post

Umuriro watse hagati y’umuhanzikazi Taylor Swift n’uwahoze ar’incuti ye magara

Next Post
Umuriro watse hagati y’umuhanzikazi Taylor Swift n’uwahoze ar’incuti ye magara

Umuriro watse hagati y'umuhanzikazi Taylor Swift n'uwahoze ar'incuti ye magara

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved