• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Icyateye urupfu rwa Ronald Fenty Se wa Rihanna cyamenyekanye

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
June 27, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Icyateye urupfu rwa Ronald Fenty  Se wa Rihanna cyamenyekanye
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Hashize ukwezi Ronald Fenty papa w’ikirangirire kazi muri muzika Rihanna yitabye imana kumyaka 70 y’amavuko kuri ubu hatangajwe icyihishe inyuma y’urupfu rwe.

Ronald Fenty yitabye imana taliki 30 Gicurasi 2025 azize indwara zitandukanye zirimo kanseri y’urwagashya, kunanirwa guhumeka ndetse n’umusonga yaterwaga no gukorora bikaza kumuviramo kwitaba imana , ibi byemejwe mu nyandiko yagiye ahagaragara y’iperereza Ku cyateye urupfu rwe.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Sizo ndwara gusa kuko hagaragaye nizindi bivugwa ko yari afite zirimo nko guhagarara gukabije kw’impyiko ze ndetse n’ikibazo cy’udutsi Duto dutwara amazi mu mpyiko.

Ibijyanye n’urupfu rwe byatangajwe na Radio ya Starcom Network ikorera muri Barbados aho Rihanna yavukiye, ndetse iyi Radio yemeje ko umubyeyi wa Rihanna Ronald Fenty yaguye Los Angeles aho yari amaze iminsi arwariye mubitaro bya Cedars-Sinai Medical Center.

Gusa amafoto amwe yafashwe na TMZ agaragaza murumuna wa Rihanna Rajad Fenty ajya kubitaro aho se wabo arwariye kuw 28 Gicurasi mbereho gato iminsi ibiri se ataritaba imana. Ibikomeza kuvugwa nabyo nuko Rihanna yaba Ari umwe mubagiye mu modoka yajyanye se kwa muganga ndetse ko anitaba imana Rihanna yari ahari

Rihanna ubwo yari afite imyaka 14 nibwo ababyeyibe batandukanye byemewe namategejyeko Hari mu mwaka wa 2002.

Previous Post

U Rwanda na RDC byasinye amasezerano y’amahoro

Next Post

Nike Invented Self-Lacing Sneakers Because the Future Is Now

Next Post

Nike Invented Self-Lacing Sneakers Because the Future Is Now

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

Š 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

Š 2025 All Right Reserved