• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Huye: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka

OMEGA BOY by OMEGA BOY
April 16, 2025
in Amakuru
0
Huye: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Mu ijoro rya tariki 15 Mata, inzu y’ubucuruzi iherereye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Ngoma mu Kagari ka Butare ahazwi nko mu Cyarabu yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka.

Iyi nkongi yibasiye iy’inzu mu masaha ya saa Tanu n’igice z’ijoro, aho imiryango ine yafashwe, harimo umuryango wacururizwagamo ibikoresho by’amashanyarazi, undi wacururizwagamo ibyo kurya bihiye ( restraunt) mu gihe indi miryango ibiri yacururizwagamo imyenda n’inkweto.

Related posts

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026
Iran yaburiye Donald Trump kugenza make, imubwira ko ashobora kwisanga ariwe wishwe nyuma y’ibyo yavuze

Iran yaburiye Donald Trump kugenza make, imubwira ko ashobora kwisanga ariwe wishwe nyuma y’ibyo yavuze

March 10, 2026

SP Emmanuel Habiyaremye, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yavuze ko iperereza ry’ibanze ryerekana ko inkongi yaturutse ku mashanyarazi.

Ati ” Polisi yatabaye umuriro urazimwa bituma umuriro udafata n’ahandi. Iperereza ry’ibanze rirekana ko inkongi yaturutse ku mashanyarazi (short circuit) ariko kandi rirakomeje kugira ngo haze kumenyekana n’agaciro k’ibyangiritse.”

SP Emmanuel Habiyaremye yasabye abaturage kujya bamenyesha Polisi igatabara kare mu gihe habaye inkongi, bakagira n’amakenga hirindwa ikintu cyose cyaba intandaro ku nkongi y’umuriro.

Previous Post

Ntazinda Erasme wayoboraga Akarere ka Nyanza yahagaritswe

Next Post

RIB yataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze

Next Post
Ntazinda Erasme wayoboraga Akarere ka Nyanza yahagaritswe

RIB yataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved