Minisiteri ya siporo yatangaje ko hataganyijwe kubakwa ibibuga bitandukanye birenga 63 bya siporo cyane cyane ibyumupira wamaguru ndetse n’ibindi byindi mikino.
Kuri uyu wakane habayeho ikiganiro nabanyamakuru ndetse byitabiriwe nabamisitiri batandukanye harimo uwa siporo Nelly Mukazayire, Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri, Rwego Ngarambe, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Uwayezu Jean François Regis, Perezida wa Komite Olempike y’u Rwanda, Umulinga Alice n’abandi bayobozi b’Amashyirahamwe atandukanye.
Bimwe mubyasobanuwe n’umunyamabanga uhoraho wa minisiteri ya siporo Uwayezu Jean François Regis kubijyane nuwo mushinga wo kubaka ibibuga wa “isonga”ikiciro cyakabiri birmo kongera ibibuga ndetse nibikorwa remezo.
Uwayezu Jean François Regis yatangaje ko hateganywa kubaka ibibuga 63 biazagira uruhare mu iterambere rya siporo muri rusange.




