• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Hagiye gushyirwaho amarerero y’abana mu bigo byose bya Polisi mu gihugu

OMEGA BOY by OMEGA BOY
July 21, 2025
in Amakuru
0
Hagiye gushyirwaho amarerero y’abana mu bigo byose bya Polisi mu gihugu
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yatangaje ko hagiye gushyirwaho amarerero y’abana mu bigo byose bya Polisi mu gihugu hakanashyirwaho icyumba cy’umukobwa.

Ibi yabigurutseho mu kiganiro yagiranye na RBA, ahamya ko umukobwa cyangwa umugore muri Polisi hari iby’ibanze aba akeneye kugira ngo akazi kagende neza.

Related posts

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

March 17, 2026
Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

March 17, 2026

ACP Boniface Rtikanga yavuze ko mu myanzuro yamaze gufatwa harimo gushyira irerero muri buri kigo cya Polisi y’u Rwanda bikazahera ku cyicaro gikuru.

Ati “Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwafashe umwanzuro wo gutangiza irerero ndetse rikaba rizahera hano ku cyicaro gikuru ndetse rigakomereza ku bigo by’amashuri mu minsi iri imbere.”

Yijeje ko mu mwaka umwe ibyo gutangiza irerero n’icyumba cy’umukobwa bishobora kuzaba bigezweho.

Ati “Ni umwe mu myanzuro yagiye ifatwa mu ihuriro ry’abagore riba buri mwaka kuko bagiye bagaragaza icyo kibazo kandi ukabona ko gifite ishingiro. Uyu munsi niba ubona abakobwa benshi muri iki kigo birumvikana ko irerero cyangwa icyumba cy’umukobwa bikenewe. ”

Previous Post

Umuhungu wa Gen Muhoozi Kainerugaba yinjiye mu gisirikare

Next Post

Kamonyi: Ikamyo yabuze feri igonga abantu 12

Next Post
Kamonyi: Ikamyo yabuze feri igonga abantu 12

Kamonyi: Ikamyo yabuze feri igonga abantu 12

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved