• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gisagara: Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana

OMEGA BOY by OMEGA BOY
August 13, 2025
in Amakuru
0
Gisagara: Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Nsanzimana Théogène, wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, yitabye Imana azize uburwayi.

Amakuru y’urupfu rwe yasakaye ku wa 13 Kanama 2025. Ababanye na we mu buyobozi bw’inzego z’ibanze mu Karere ka Gisagara bavuze ko bikekwa ko yishwe na stroke.

Related posts

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026
Iran yaburiye Donald Trump kugenza make, imubwira ko ashobora kwisanga ariwe wishwe nyuma y’ibyo yavuze

Iran yaburiye Donald Trump kugenza make, imubwira ko ashobora kwisanga ariwe wishwe nyuma y’ibyo yavuze

March 10, 2026

Bamwe mu bo bakorana bavuze ko Nsanzimana nta minsi irenze itatu yamaze mu bitaro.

Bavuga ko nyakwigendera yafashwe ari mu ijoro, ariko kubera ko yibanaga mu nzu, atabashije kubona ubufasha ku gihe.

Yaje kujyanwa kwa muganga mu gitondo, ashyirwa mu bitaro ariko binaniranye, ahita yoherezwa mu bitaro byitiriwe Umwami Fayisali i Kigali, ari naho yaguye.

Nsanzimana Théogène nta cyumweru cyari gishize yimuriwe mu Murenge wa Kansi, avanwe mu Murenge wa Ndora mu Karere ka Gisagara.

Aho i Kansi, yibanaga mu nzu kuko abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge bategekwa kuba mu ifasi bakoreramo.

Nzanzimana avuka mu Murenge wa Mata mu Karere ka Nyaruguru, asize umugore n’abana batatu.

Previous Post

Abasivili,Abofisiye ba RDF n’aba RCS bashinjwa muri dosiye ya APR FC batangiye kuburanishwa

Next Post

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21-28 Nzeri 2025 amashuri y’i Kigali azafunga, abakozi ba Leta nabo bakorere mu rugo

Next Post
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21-28 Nzeri 2025 amashuri y’i Kigali azafunga, abakozi ba Leta nabo bakorere mu rugo

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21-28 Nzeri 2025 amashuri y’i Kigali azafunga, abakozi ba Leta nabo bakorere mu rugo

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved