• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gasabo:umugore n’umugabo bafatanywe udupfunyika turenga 1000 tw’urumogi bagiye kuducuruza

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 16, 2025
in Amakuru
0
Gasabo:umugore n’umugabo bafatanywe udupfunyika turenga 1000 tw’urumogi bagiye kuducuruza
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, yataye muri yombi abantu babiri,aho bafatanywe udupfunyika tw’urumogi tugera ku 1144.

Uwitwa ngirabatware Fredinand ufite imyaka 35  na Nyiranizeyimana Honorine ufite imyaka 30y’amavuko batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bazira gufatanywa udupfunyika tw’urumogi tugera ku 1144, bafashwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 16 Kanama 2025.

Bakaba bafatiwe mu murengw wa jabana, akagali ka Bweramvura, umudugudu wa Taba, bitewe n’amakuru abaturage bari bamaze gutanga,bakaba bafashwe bari kurupakira mu mufuka ngo barujyane kurugurisha.

‎CIP Gahonzire yasobanuye ko uru rumogi rwari rubitse mu nzu ya Ngirabatware naho Nyiranizeyimana akaba yaraje kurutwara ngo ajye kurucuruza  ku abakiriya be mu Murenge wa Gisozi.

Yagize ati “bafatiwe mucyuho basoje kurupakira bagiye kurugurisha, kuba abaturage batangira amakuru kugihe aba bantu bagafatwa n’ikimenyetso cyerekana ko abaturage bamaze kumva ububi bw’ibiyobyabwenge, ibi bikaba ari kimenyetso cyiza cyerekana ubufatanye buti hagati y’inzego z’umutekano za polisi n’abaturage ni bakomereze aho”.

Icyaha cyo gucuruza urumogi, kuruhinga ,kubihindura, kubibika, kubitunda cyangwa kubiha undi hano mu Rwanda ugafatwa uhanishwa igifungo cya burundu n’ihazabu ya miliyoni 20,000,000 z’amafaranga y’u Rwanda gusa atarenze miliyoni 30,000,000 z’amafaranga y’u Rwanda.

ISOKO:UMUSEKE

Related posts

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

March 15, 2026
Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026
Previous Post

Maj Gen Vincent Nyakarundi umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka yagiranye ibiganiro na Gen Dagvin R.M. Anderson uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM)

Next Post

Pakisitan: abagera kuri 300 bishwe n’umwuzure abandi baburirwa irengero

Next Post
Pakisitan: abagera kuri 300 bishwe n’umwuzure abandi baburirwa irengero

Pakisitan: abagera kuri 300 bishwe n'umwuzure abandi baburirwa irengero

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved