• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Donald Trump yiteguye gusaba Ukraine kurekura tumwe mu duce yafashe hakarebwa ko intambara yahagarara burundu

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 18, 2025
in Uncategorized
0
Donald Trump yiteguye gusaba Ukraine kurekura tumwe mu duce yafashe hakarebwa ko intambara yahagarara burundu
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Donald Trump ashimangira ko Ukraine ikwiye guharira u Burusiya bimwe mu bice by’ubutaka igenzura, mu rwego rwo guhagarika intamabara iri hagati ya Ukraine n’uburusiya.

Nyuma y’inama aherutse kugirana na Perezida Putin w’u Burusiya, amakuru avuga ko Trump yiteguye gusaba Perezida Volodymyr Zelensky kwemera kurekura ubutaka bugenzurwa n’u Burusiya, bukaba ubw’icyo gihugu mu buryo budakuka.

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Nyuma y’inama iherutse kubera i Alaska yahuje Putin na Trump ngo harebwe icyakorwa kugirango iyi ntambara ihagarare, amakuru avuga ko Trump yitegura gusaba Volodymyr Zelensky kurekura bimwe mubice u’Burusiya  bugenzura bikaba ibyabo burundu.

Mu 2022 Hashyira mu 2023 u Burusiya bwakoresheje amatora ya kamarampaka, abaturage b’ibyo bice byombi bemera kugenzurwa n’u Burusiya, aho abo baturage baba, bikaba bivugwa ko aribwo butaka buvugwa muri iyi ngingo,ni mugace ka Donetsk na Lungansk niho buherereye.

Ariko kujyeza ubu umuryango mpuzamahanga na Ukraine baracyahafata nkaho akiri ibice bya Ukraine, Bivugwa ko Putin yaba yarasababye Trump ko Ukraine yemeye ko u Burusiya bugenzura ibyo bice buzabagarika intambara bishobora gutuma irangira burundu.

Perezida Trump afitanye inama na Zelensky ndetse na bagenzi be baturutse mu bihugu by’u Burayi, aho bivugwa ko aza kubagezaho icyo cyifuzo nawe ubwe ashyigikiye.

Gusa Ukraine yakunze kwamagana icyo cyifuzo gusa bicyekwako kubera igitutu Amerika iri kuyitera bishoboka ko bahindura ibitekerezo.

 

Previous Post

“Twebwe ntago turi nka bamwe batumira abantu kumunsi wabo bagatsindwa ibitego bitatu badateye mu izamu” Super Manager yavuzeko hari ikipe ikomeje kwica umupira w’amaguru

Next Post

Umutoza w’ikipe ya Manchester United yavuze impamvu André Onana atigeze agaragara mu kibuga

Next Post
Umutoza w’ikipe ya Manchester United yavuze impamvu André Onana atigeze agaragara mu kibuga

Umutoza w'ikipe ya Manchester United yavuze impamvu André Onana atigeze agaragara mu kibuga

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved