Donald Trump yamaganiye kure ibinyamakuru byatangaje ibitekerezo by’abo yise abahombyi barimo John Bolton, wahoze ari umujyanama we mu by’umutekano.
Donald Trump yamaganye ibinyamakuru byatangaje ibitekerezo by’abo yise abahombyi barimo John Bolton wari umujyanama we mu by’umutekano wapfobeje gahunda y’ihura rya Trump na Putin, mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Truth Social Media kuwa 13 Kanama 2025 Donald Trump yagize ati”itangazamakuru ridakorera mu mucyo riri kugenda rivuga ku guhura kwamg na Putini, i yo bari kibiterwa niki ?”.
Trump yatangaje ko itangazamakuru riri kurwanya gahunda yo guhura na Putin, ryifashishije ibitekerezo by’abahombyi.
Dinald Trump na Putini biteganyijwe ko barahurira mu mujyi wa Anchorge uhereye muri Leta ya Alask muri Amerika kuri uyu wagatanu taliki 15 Kanama 2025 bakareba uburyo intambara iri kubera Ukraine yagarara ndetse bakazamura umubano wabo ukajyenda neza.
Gusa ubwo Joe Biden yari ayoboye ntago u’Burosiya n’Amerika ntago barebanaga neza gusa nyuma y’uko Trump agiyeho yavuze ko agiye kuzahura umubano wabo ugasubira uko wahoze ndetse yizeza abantu ko azahagarika intambara ya Ukraine.
Mbere yuko hategurwa umuhuro waba bombi Trump na Putini , habanje kohereza intumwa zabo bombi zihagarariye ibihugu byazo bajya mubiganiro bareba uko izi ntambara zahagarara ndetse hakazamurwa ubufatanye mu nzego za dipolomasi.
Dmitry Peskov umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’Uburusiya yatangaje ko ibiganiro Trump na putini bagiranabiraba bigamije kurebanuko ibibazo bihari byakemuka.




