• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Diamond Platnumz yasubije umufana wari wamubwiye ko urwego ariho n’icyubahiro ahabwa bidahura

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
June 26, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Diamond Platnumz yasubije umufana wari wamubwiye ko urwego ariho n’icyubahiro ahabwa bidahura
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Ikirangirire muri muzika Diamond platnumz ukomoka muri Tanzania yaciye amazi abamwereka ko adakwiye kubahwa ndetse n’abumva ko bidashoboka kubahwa nubwo amaze kujyera ku rwego rushimishije muri muzika no muri Afurika muri rusange.

Ibi yabitewe n’umufana uherutse kwandika amushimira kumugaragaro akavuga ko urwego ariho n’uburyo yitabwaho cg afatwa bidahura.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Uwitwa @rotmic_24 arinawe wanditse ibyo yagize ati” abantu ba Tanzania bagufata nkaho ntacyo umaze Kandi uri Ku rwego rwiza, cyane cyane mu muziki wa bongo cyane ko ari nawe ufite abantu bagukurikirana benshi Ku rubuga rwa YouTube  hano muri afurika”.

Diamond nawe ntago yatindijemo byihuse yahise amusubiza amubwira ko igihe uhabwa agaciro arigihe uba utagihumeka umwuka wabazima kuri iyi si.

Yagize ati:”Abo bazaguha agaciro ari uko umaze gupfa, ariko niba utegereje icyubahiro ubu, uzarambirwa. Icy’ingenzi ni ugukora inshingano zawe neza hanyuma ukaryumaho.”

Ibi bikaba byateje impagarara ku mbugankoranyambaga bamwe mu bafana bavuga ko uyu Mugabo amaze igihe kinini yesa imihigo ariko bakaba batabiha agaciro.

Diamond yakoze ibikomeye aho uyu Mugabo ariwe ufite abamukurikirana benshi Ku rubuga rwa YouTube aho afite abarenga Miliyoni 10, akaba ari nawe washinze inzu itunganya umuziki ya Wasafi akaba n’umuyobizi wayo  ndetse iyinzu yanagiye izamura abanyamuziki benshi bagiye bamenyekana cyane nka Zuchu, Harmonize , Mboso nabandi benshi.

Previous Post

Hagiye kubakwa ibibuga birenga 63 bizagira uruhare runini mu iterambere rya siporo

Next Post

Urukiko rwemeje ko Gitifu watse ruswa uwari Umusirikare afungwa imyaka 7 n’amezi 6

Next Post
Urukiko rwemeje ko Gitifu watse ruswa uwari Umusirikare afungwa imyaka 7 n’amezi 6

Urukiko rwemeje ko Gitifu watse ruswa uwari Umusirikare afungwa imyaka 7 n'amezi 6

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

Š 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

Š 2025 All Right Reserved