Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Ruzo, Akagari ka Nkanga mu Murenge wa Rweru ho mu karere ka Bugesera bashinja...
Umuhanzikazi Clarisse Karasira n’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu w’ubuheta. Ni umwana w’umuhungu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwaburanishije mu muhezo urubanza rw’umwunganizi mu mategeko “Avocat” ukekwaho gusambanya umwangavu. Iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateanyo...
Noen tariki 09 Nyakanga 2025 hagati ya saa 06:00 na saa 12:00 nta mvura iteganyijwe mu turere twose tw’Igihugu. Hateganyijwe...
Udukingirizo n’ibinini birinda umukobwa gusama ni bimwe mu byagurishijwe cyane muri farumasi zo mu Karere ka Rubavu mu biruhuko byatanzwe...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, cyatangaje ko abanyeshuri 255.498 bazakora ibizamini bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye n’icya kabiri...
Umugore w’imyaka 37 n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho urupfu rw’umugabo we ari nawe se w’uwo...
Ubushinjacyaha bw’u Bubiligi bwashyikirijwe dosiye y’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo...
Umugabo wo mu Karere ka Karongi yapfiriye mu Bitaro Bikuru bya Kibuye nyuma yo kunywa umuti witwa kiyoda usanzwe ukoreshwa...
Meteo Rwanda yatangaje ko none tariki 08 Nyakanga 2025 hagati ya saa 06:00 na saa 12:00 hateganyijwe imvura mu Turere...
© 2025 All Right Reserved