Umwe mu bakinnyi ba APR FC yagurishijwe
Umunya-Ghana Richmond Lamptey, wari umukinnyi wa APR FC, yerekeje muri Al Ittihad Misurata SC yo muri Libya, aho yaguzwe amafaranga agera ku $50,000 (arenga miliyoni 70 Frw). Lamptey yageze muri...
Read moreUmunya-Ghana Richmond Lamptey, wari umukinnyi wa APR FC, yerekeje muri Al Ittihad Misurata SC yo muri Libya, aho yaguzwe amafaranga agera ku $50,000 (arenga miliyoni 70 Frw). Lamptey yageze muri...
Read moreIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyatangaje ko mu byumweru bitatu biri imbere, hazatangira gahunda yo gukuraho imbwa z’inyagasozi zidafite ba nyirazo, ku buryo nta mbwa izasigara mu...
Read moreKu wa Kane tariki ya 4 Nzeli 2025, Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko habonetse ikwirakwira rishya ry’indwara ya Ebola mu Ntara ya Kasai yo mu...
Read moreUrukiko rwo mu mujyi wa Udaipur mu Buhinde rwakatiye urwo gupfa umugabo witwa Kishandas, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we Lakshmi amutwitse. Amakuru aturuka mu rukiko avuga ko...
Read moreIntumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zongeye guhurira i Washington DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, mu nama ya kabiri y’Akanama gashinzwe kugenzura ishyirwa mu...
Read moreSitade Amahoro iherereye i Remera mu Mujyi wa Kigali, yongeye kwandika amateka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo kuza ku mwanya wa karindwi ku rutonde rwa sitade 10 za mbere muri...
Read moreUmuhanzikazi ukomoka muri Nigeria, Yemi Eberechi Alade uzwi cyane nka Yemi Alade, ari mu bazitabira umuhango wo Kwita Izina ku nshuro ya 20. Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwabitangaje ku wa...
Read moreAPR FC, ihagarariye u Rwanda muri CECAFA Kagame Cup 2025, yatangiye neza iri rushanwa itsinda Bumamuru FC yo mu Burundi ibitego 2-0, mu mukino wabereye kuri KMC Stadium kuri uyu...
Read moreMiss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yatangaje ko yahuye n’ibihe bikomeye by’agahinda gakabije (“depression”) nyuma y’uko amanota ye mu kizamini cya Leta atari meza. Uyu...
Read moreUmukinnyi w’icyamamare ku rwego rw’Isi, Michelle Yeoh, wamenyekanye mu mafilimi y’imirwano nka Crouching Tiger, Hidden Dragon nizindi nyinshi, ari mu Rwanda nk’uko yabisangije abantu ku mbuga nkoranyambaga. Yeoh yagaragaye mu...
Read more© 2025 All Right Reserved