Ese koko hari amasezerano NATO yarenzeho bigateza ibi byose ? Uko intambara ya Ukraine n’u Burusiya yatangiye n’ibyo ishingiyeho
Intambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya imaze imyaka, ariko imizi yayo y’ukuri ishingiye ku mateka y’intambara ya kabiri y’isi, isenyuka rya Soviet Union, amasezerano atanditse kwaguka kwa NATO, n’imibanire hagati y’ibihugu...
Read more








