Alex Muyoboke yapfushije Umubyeyi
Alex Muyoboke, umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere umuziki nyarwanda, ari mu gahinda nyuma y’urupfu rw’umubyeyi we (Mama) witabye Imana mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, tariki 10...
Read moreAlex Muyoboke, umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere umuziki nyarwanda, ari mu gahinda nyuma y’urupfu rw’umubyeyi we (Mama) witabye Imana mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, tariki 10...
Read moreAbagabo babiri bari bakurikiranyweho kwica abazamu barindaga ububiko bw’inzoga mu Karere ka Rwamagana, barashwe ubwo bari basingiriye Abapolisi, bagashaka kubanigisha amapingu. Aba bagabo barashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa...
Read moreUmuhanzi w’Umunya-Nigeria, Oluwatosin Ajibade, uzwi cyane nka Mr Eazi, n’umukinnyi wa filime, Temi Otedola, umukobwa w’umukire Femi Otedola, bakoze ubukwe bwabereye muri Iceland mu ibanga rikomeye. Nk’uko amakuru yashyizwe hanze...
Read morePariki y’Igihugu y'Akagera yatangaje ko mu myaka 10 ishize intare ziyirimo zavuye kuri zirindwi none ubu zikaba zigeze kuri 62. Ibi byatangajwe kuri uyu wa 10 Kanama 2025, umunsi mpuzamahanga...
Read moreMushakimana Debola w’imyaka 25 y’amavuko, yakubiswe n’inkuba ubwo yarimo yonsa umwana yicaye mu cyumba cy’uruganiriro mu Mudugudu wa Kanyabirayi, Akagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze. Byabaye ahagana...
Read moreMuri Leta ya Florida muri Amerika, umugore yigize umuforomo, atabwa muri yombi amaze kuvura abarwayi basaga 4,000 kandi nta cyangombwa kimwemerera kuvura (licence médicale) agira. Uwo mugore ukurikiranyweho uburiganya bwashoboraga...
Read moreMinisiteri y’Ubuzima ya Kenya yatangaje ko abantu 26 bari bavuye gushyingura mu gace ka Nyahera mu karere ka Kisumu ku wa 8 Kanama 2025 bapfiriye mu mpanuka ya bisi, abandi...
Read moreU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho imirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’ibi bihugu byombi. Iyi mirongo yashyiriweho mu nama y’uru rwego yahurije abahagarariye ibi bihugu i Addis...
Read moreIkipe ya APR FC ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, yatomboye Pyramids FC mu ijonjora ry’ibanze Total Energies CAF Champions League. Ni tombola y’ijonjora ry’ibanze ry’imikino Nyafurika 2025-2026 yabereye muri Tanzania,...
Read moreIkipe ya Rayon Sports yatomboye Singida Black Stars yo muri Tanzania mu mikino ya Total Energies CAF Confederation Cup 2025-2026. Ibi byabaye nyuma ya tombola y’ijonjora ry’ibanze ry’imikino Nyafurika 2025-2026...
Read more© 2025 All Right Reserved