Salongo wiyitaga umupfumu kabuhariwe yakatiwe gufungwa imyaka itatu
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ruherutse guhamya Rurangirwa Wilson wamenyekanye nka Salongo, icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya ahanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 5 Frw. Salongo yaregwaga ibyaha...
Read more







