• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Amashusho y’umuhanzikazi Marina yerekana imiterere y’umuburi we yarikoroje [Amafoto]

OMEGA BOY by OMEGA BOY
July 21, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Amashusho y’umuhanzikazi Marina yerekana imiterere y’umuburi we yarikoroje [Amafoto]
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Marina yatunguranye asangiza abamukurikira amashusho yerekana imiterere y’umubiri we, bituma benshi bacika ururondogoro.

Aya mashusho bigaragara ko Marina yifatiye mu cyumba iwe, agaragaza imiterere ye hakaba n’aho anyuzamo agakurura umushumi w’ikariso yari yambaye.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Ubwo amashusho yendaga kurangira Marina yazamuye umupira we yerekana imiterere yo mu gituza cye.

Ni amashusho yasamiwe hejuru n’abakurikira uyu mukobwa, bamwe bamushimira uko asigaye ateye nubwo hari abandi bamugaragazaga nk’uri guta umuco.
Uwitwa Emelyne Cadette yagize ati “Dushimire Imana ko iyi mpeshyi yaguyemo imvura naho ubundi sinzi tu.”

Undi wiyise Twizeyimana9508 we yagaragaje ko Marina ibyo ari gukora ari kubiterwa n’agahinda gakabije. Ati “Marina depression iramuhitana.”

Uwiyise Kantevava we yagaragaje ko ibyo Marina yakoze ari uguta umuco, ati “Ariko abakobwa b’Abanyarwandakazi bakomeje guta umuco.”

Ku rundi ruhande hari abandi batandukanye bagaragaje Marina nk’umukobwa wahinduye imiterere ye ndetse uyu munsi uteye neza.

Ibi bije nyuma y’igihe havugwa inkuru z’uko uyu mukobwa yaba aherutse gukoresha ‘plastic surgery’ agamije guhindura imiterere ye.


Previous Post

Nyamasheke: Abaturage batwitse bagenzi babo babashinja kwiba amafaranga

Next Post

Burikantu yatawe muri yombi

Next Post
Burikantu yatawe muri yombi

Burikantu yatawe muri yombi

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved