• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
February 6, 2026
in IMYIDAGADURO
0
Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umukinnyi wa filime Nyambo Jesca yavuze ko yifuza kubaka urugo, ariko agaragaza ko abona bigoye kubona umusore w’inyangamugayo wamwemerera kuba umugore we.

Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, Nyambo yasobanuye ko kubona umukunzi ufite gahunda yo kubaka urugo atari ibintu byoroshye, kuko hari benshi bagaragaza inyungu z’ibintu bitandukanye.

Related posts

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026
“Inda yanjye si umutungo rusange” Miss Nishimwe Naomie yahaye ukuri uwagerageje kumwiha ku mbuga nkoranyambaga

“Inda yanjye si umutungo rusange” Miss Nishimwe Naomie yahaye ukuri uwagerageje kumwiha ku mbuga nkoranyambaga

January 27, 2026

Yagaragaje ko bamwe mu basore bakunda kumwegera bagaragaza imyitwarire itari myiza, aho usanga bashaka ko baryamana mbere yo kugira indi gahunda y’ahazaza.

Nyambo yavuze ko atakemera kuryamana n’umusore atari umugabo we wemewe n’amategeko, kuko abona ko ibyo bishobora gutesha agaciro umuntu.

Yongeyeho ko hari ababyeyi babura uburere bukwiye baha abana babo, bigatuma hari abakobwa bakura babona ibintu mu buryo budakwiriye, ntibite ku cyo bakwigira ku babyeyi babo.

Yanagiriye inama ababyeyi kujya bakurikiranira hafi uburere bw’abana babo, kuko bishobora gutuma bagira imyitwarire myiza izabafasha mu buzima bwabo bw’ejo hazaza.

Nyambo amaze imyaka itandukanye akora mu ruganda rwa cinema nyarwanda, yemeza ko ibyo byamuhesheje ubumenyi n’ubunararibonye. Uretse gukina filime, anashishikajwe no gufasha abandi kubona akazi, guteza imbere impano no guteza imbere uruganda rw’imyidagaduro muri rusange.

Previous Post

Somalia: Umwana w’imyaka 14 wakoraga akazi ko murugo yishwe na nyirabuja

Next Post

NIDA yatangiye gufotora abatuye mu mujyi wa Kigali: Dore ibisabwa buri Munyarwanda agomba kwitwaza ajya kwifotoza

Next Post
NIDA yatangiye gufotora abatuye mu mujyi wa Kigali: Dore ibisabwa buri Munyarwanda agomba kwitwaza ajya kwifotoza

NIDA yatangiye gufotora abatuye mu mujyi wa Kigali: Dore ibisabwa buri Munyarwanda agomba kwitwaza ajya kwifotoza

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved