• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Imwe mu modoka ikora mu nzego za leta hano mu Rwanda yakoze impanuka

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
December 12, 2025
in Amakuru
0
Imwe mu modoka ikora mu nzego za leta hano mu Rwanda yakoze impanuka
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Imodoka y’isuku n’umutekano y’Umurenge wa Nyakabanda yo mu Karere ka Nyarugenge yakoze impanuka mu masaha ya nijoro yo kuri uyu wa Kane, tariki ya 11 Ukuboza 2025, mu gace ka Kimisagara, nyuma y’igihe ivanywe mu igaraje aho yari yajyanwe gukorerwa.

Iyi modoka, yari igeze mu muhanda ugana mu Cyahafi, yatwarwaga n’umushoferi wayo Ntezimana Afrodice wari kumwe n’umukanishi Mukeshimana Jean Marie Vianey. Bombi bari bagiye kuyisubiza mu igaraje kugira ngo bongere gusuzuma ikibazo cy’amapine n’iferi.

Related posts

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

March 17, 2026
Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

March 17, 2026

Amakuru aturuka ahabereye impanuka avuga ko ubwo bari bageze mu gace gaherutse kubakwa amazu mashya mu Cyahafi, imodoka yongeye kubura feri maze igonga igikuta cy’ahazwi nka Oprovia.

Nubwo igisubizo cy’icyo kibazo cyari kikiri gushakishwa, gusa ntawahaburiye ubuzima. Umushoferi yakomeretse ku bice bitandukanye by’umubiri bikubiyemo amavi no mu gatuza Umukanishi bari kumwe we yakomeretse mu mutwe akomerekejwe n’ikirahure.

Abakomeretse bahise bagezwa kwa muganga mu bitaro bitandukanye birimo CHUK ndetse n’ibitaro bya Nyiranuma biherereye i Nyamirambo kugira ngo bitabweho n’abaganga.

Previous Post

Ihuriro AFC/M23 ryashyize hanze imyitwarire mibi iri kuranga abasirikare b’u Burundi nyuma yo gukubitwa incuro bagakwira imishwaro

Next Post

Gakenke: Umugabo yafatanywe ibiyobyabwenge bitandukanye biri munzu ye

Next Post
Gakenke: Umugabo yafatanywe ibiyobyabwenge bitandukanye biri munzu ye

Gakenke: Umugabo yafatanywe ibiyobyabwenge bitandukanye biri munzu ye

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved