• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Inkuru ibabaje: umukinnyi wamamaye muri filime kubera kugira ubugome budasanzwe yitabye Imana

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
December 5, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Inkuru ibabaje: umukinnyi wamamaye muri filime kubera kugira ubugome budasanzwe yitabye Imana
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umukinnyi wa filime w’umuyapani, Cary-Hiroyuki Tagawa, wamenyekanye ku bugome budasanzwe muri filime nka Mortal Kombat, yitabye Imana ku myaka 75, nk’uko byemejwe na manager we, Margie Weiner.

Tagawa yagaragaye muri filime zirenga 30 zamenyekanye ku rwego mpuzamahanga, zirimo The Last Emperor (1987) yegukanye igihembo cy’ingenzi, License to Kill ya James Bond, Pearl Harbor, na Planet of the Apes. Yamenyekanye cyane ku ruhare rwe rw’umugome, by’umwihariko muri Mortal Kombat, aho yakinnye nka Shang Tsung, ndetse nizindi.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Manager we, Margie Weiner, yavuze ko urupfu rwa Tagawa ari igihombo gikomeye, agira ati: “Cary yari umuntu udasanzwe, wita ku bantu bose, ufite ibitekerezo byiza kandi ukunda cyane umwuga we. Ibitekerezo byanjye n’umutima wanjye byihariye umuryango we n’inshuti ze bose bamukundaga.”

Tagawa yitabye Imana kubera indwara yo guturika kw’imitsi y’amaraso mu bwonko, izwi nka stroke. Yatangiye kwamamara mu 1987 ubwo yagaragaraga muri The Last Emperor, kuva icyo gihe akomeza kubaka izina ku rwego mpuzamahanga. Byongeye, Tagawa yari afite impano idasanzwe mu kugaragaza abakinnyi bafite’ubugome, ibintu byatumye akundwa kandi atazibagirana mu mateka ya sinema y’isi.

Previous Post

Umuhanzi Yampano yagiye kumbuga nkoranyambaga asuka amarira

Next Post

Rulindo: Umugabo yishe umugore we nawe ahita yiyahura

Next Post
Rulindo: Umugabo yishe umugore we nawe ahita yiyahura

Rulindo: Umugabo yishe umugore we nawe ahita yiyahura

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved