• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gisozi: Umugore yacunze umugabo n’umwana we baryamye abamenaho amavuta yatuye

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
November 4, 2025
in Amakuru
0
Gisozi: Umugore yacunze umugabo n’umwana we baryamye abamenaho amavuta yatuye
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Mu mudugudu wa Byimana, akagali ka Musezero mu Murenge wa Gisozi, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Hategekimana watwitswe n’umugore we witwa Uwase.

Abaturanyi bemeza ko nta makimbirane akomeye bari basanzwe bagirana, ariko ngo buri gihe umugabo yatahaga nijoro, Uwase yamurazaga hanze.

Related posts

U Rwanda na RDC bigiye kongera guhurira mu biganiro byo kuzahura inzira y’amahoro i Washington

U Rwanda na RDC bigiye kongera guhurira mu biganiro byo kuzahura inzira y’amahoro i Washington

March 17, 2026
Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

March 17, 2026

Umwe mu baturage yavuze ati: “Batongenye bagiye kuryama, umugore afata amavuta yari yashyize kuziko ahita ayamumenaho.  umugabo ahita asohoka atabaza, abaturage baraza bamujyana kwa muganga aho basanze yahiye bikomeye ku maboko no ku gice cy’imbavu n’ikibuno.”

Undi ati: “Nka saa tatu zijoro numvise umuntu asakuza mu muhanda. Twagiye kumureba dusanga yahiye cyane ku maboko no ku gice cy’ikibuno.”

Se wa Hategekimana, umugabo watwitswe, yagize ati: “umugabo yatashye nijoro araryama hamwe numwana nuko umugire ashyira amavuta kumbabura amaze gucamuka ayamumenaho numwaa baryamye.”

Yakomeje avuga ko bari basanzwe bagirana amakimbirane, kandi ko n’ubundi bagerageje kubyumvikanaho ariko bikanga. Ati: “ akenshi umugabo yakundaga kugisha inama, na mama w’umukobwa ahari. Ibyo byatumaga habaho kutumvikana. Twagerageje kubunga, ariko ntibyashobokaga.”

Umuvugizi wa Polisi y’Umujyi wa Kigali yemeje ko uyu mugabo n’umwana we batwitswe n’amavuta Uwase yabamennyeho. Polisi iracyashakisha Uwase mu buryo bwihuse.

Umuvugizi wa Polisi yavuze ati: “Amakuru yuko ko umugore yatwitse umugabo we amumennyeho amavuta yashy. Umugabo aryamye ari kumwe n’umwana, amavuta akamugera, bigatera ibikomere bikomeye.”

Uyu mwirondoro werekana ko icyateye ibi byose atari icyaha gikomeye, ahubwo ari amakimbirane y’ubuzima bwa buri munsi, aho umugore yashinjaga umugabo we gutinda ataha, bituma arakara agira icyo akora akoresheje amavuta yatekeyeho.

Previous Post

Rusizi: Urujijo ku mwana w’imyaka 10 warohamye mu Kivu

Next Post

Nyanza: Umugabo yakubise umugore we amukura amenyo abonye umujinya udashize yahuka inkoko arayica

Next Post
Nyanza: Umugabo yakubise umugore we amukura amenyo abonye umujinya udashize yahuka inkoko arayica

Nyanza: Umugabo yakubise umugore we amukura amenyo abonye umujinya udashize yahuka inkoko arayica

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved