• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Rusizi: Urujijo ku mwana w’imyaka 10 warohamye mu Kivu

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
November 4, 2025
in Amakuru
0
Rusizi: Urujijo ku mwana w’imyaka 10 warohamye mu Kivu
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Mu Murenge wa Nyakarenzo, ku munsi w’icyumweru, umwana witwa Cyuzuzo yajyanye n’ababyeyi be gusenga, ariko nyuma yaje kubabwira ko agiye gutashya hamwe n’inshuti ze. Nyuma, bagenzi be berekeje ku Mugezi wa Rusizi batangiye koga, aho Cyuzuzo agiye mu mazi ahita arohama.

Mugenzi we yihutiye kumutabara, ariko ntibyakumda  ahitamo gutabaza  abaturanyi  kugira ngo bamufashe nubwo Bamubonye amaze kwitaba Imana.

Related posts

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

March 17, 2026
Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

March 17, 2026

Abaturanyi bagize bati: “Umwana yagiye gutashya ari kumwe n’abandi bakora urugomo berekeza ku mugezi. Ajya mu mazi atazi koga ahita arohama , abana batweretse ahonyarohamiye bazi koga bajyamo baramushaka  kugeza bamubonye gusabyari yitabye imana.

Nyina wa Cyuzuzo yavuze ko atari azi ko abana bajyanye umwana ku mugezi. Yagize ati: “Twavuye gusenga sinari nzi ko abana bamujyanye kukivu. Nyuma natunhuwe no kubona abana baje barira bambwira ko Cyuzuzo yarohamiye. Twagerageje kujya kumushakisha ariko twaje kumubona  yamaze kwitaba Imana. Nta mazi yigeze anywa ubu natwe byatuyobeye.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakarenzo, Dushimimana Jean Baptiste, yemeje aya makuru. Asaba ababyeyi gukangurira abana babo kwirinda kugenda ahantu hashobora guteza ibyago. Yagize ati: “Twamenye ko Cyuzuzo yarohamiye ku Mugezi wa Rusizi, ariko impamvu nyayo ntiramenyekana neza.

Gisa amakuru aturuka bantu bari bahari avuga ko umwana yajyanye n’inshuti ze gutashya, nyuma bakajya koga, agahita arohama.”

Abaturage n’ababyeyi barasabwe gukangurira abana kutegera ahantu hari ibyago birimo ibyuzi, ibidendezi n’ibindi bishobora guteza impanuka.

Si Cyuzuzo wenyine wagiye atwawe n’uyu mugezi; mu minsi ishize, undi mwana wo mu Kibaya cya Bugarama nawe yajyanywe n’amazi ariko abashoboye koga baramurokoye.

Previous Post

Ngoma: Umwana muto arashinja se kumufata kungufu

Next Post

Gisozi: Umugore yacunze umugabo n’umwana we baryamye abamenaho amavuta yatuye

Next Post
Gisozi: Umugore yacunze umugabo n’umwana we baryamye abamenaho amavuta yatuye

Gisozi: Umugore yacunze umugabo n'umwana we baryamye abamenaho amavuta yatuye

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved