• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umuhanzi uririmba indirimbo z’imana hano mu Rwanda yabwiye umukunzi we amagambo meza ateye ubwuzu – Amafoto

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
October 22, 2025
in IMYIDAGADURO
1
Umuhanzi uririmba indirimbo z’imana hano mu Rwanda yabwiye umukunzi we amagambo meza ateye ubwuzu – Amafoto
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuhanzi w’Indirimbo z’Imana, Ishimwe Joshua yifurije isabukuru nziza umugore we, akoresheje amagambo aryohereye, amwibutsa ko urukundo amukunda ari ntagereranywa.

Josh Ishimwe wakoze ubukwe muri Kamena uyu mwaka n’umugore we Gloria Mutoni, mu birori byabereye ku Mugabane w’u Burayi mu Buholandi.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Mu butumwa Josh Ishimwe yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu muhanzi yifurije isabukuru nziza umugore we, yagize ati “Isabukuru nziza nshuti y’akadasohoka Mugore wanjye Mwiza nahawe na Rurema, imfura muri byose.” 

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko bigoye kubona amagambo yakoresha amwifuriza isabukuru nzia, ati “Gusa ndi umunyamugisha kukugira nk’umugore wanjye ndagukunda cyane wambereye umugisha mu myaka yose tumaranye, uyu mwaka wo urangije biba agahebuzo.”

Yakomeje yizeza umugore we ko azamukunda iteka. Ati “Ndiho kugira ngo nguhe urukundo, ibyishimo, kugusengera ndetse no kukugandukira iteka ryose.”

Yasoje ubutumwa bwe yifuriza umugisha umugore we amusabira ngo Imana ikomeze kumurinda inamuhundagazaho ubuntu bwayo. Ati “kukugira ni umugisha.”

Previous Post

Niba warazinyweye jya Kwa muganga n’uzicuraza azimene – Ubutumwa bwa Polisi ku bantu banywaga Umutobe wa Salama

Next Post

Imodoka itwara abantu mu buryo bwa rusange yakoze impanuka abarenga 46 bahasiga ubuzima

Next Post
Imodoka itwara abantu mu buryo bwa rusange yakoze impanuka abarenga 46 bahasiga ubuzima

Imodoka itwara abantu mu buryo bwa rusange yakoze impanuka abarenga 46 bahasiga ubuzima

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved