• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Imbuga nkoranyambaga zimuhesheje imodoka ye ya mbere nyuma y’igihe kitari gito – Amafoto

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
October 4, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Imbuga nkoranyambaga zimuhesheje imodoka ye ya mbere nyuma y’igihe kitari gito  – Amafoto
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umunyarwenya wโ€™Umunyarwanda ufite inkomoko muri Kenya, Osmarito OG, uri mu batuma abantu benshi baseka ku mbuga nkoranyambaga, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kugura imodoka ye ya mbere.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze asanzwe akoresha cyane, Osmarito OG yasangije abakunzi be amafoto agaragaza imodoka nshya yaguze, anashyiraho ubutumwa bwo kwishimira intambwe agezeho, aho yagize ati:

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

> โ€œCongratulations to me โ€” my first key!โ€

(u Rwanda byumvikanye nk’โ€œIshimwe kuri njye, imodoka yanjye ya mbere.โ€)

Ni imodoka yo mu bwoko bwa KIA K5, imwe mu zikunzwe cyane mu Rwanda muri iki gihe, izwiho kuba ifite imiterere igezweho imbere nโ€™inyuma, ndetse ikoresha lisansi nโ€™amashanyarazi icyarimwe (Hybrid), bituma idakoresha ibikomoka kuri peteroli byinshi.

Osmarito OG, umaze kwamamara kubera amashusho asekeje nโ€™ayo yamamaza ibikorwa byโ€™ubucuruzi bitandukanye mu Rwanda, aherutse no kwibutsa ko u Rwanda rwamubereye umugisha.

Yavuze ko yavukiye muri Kenya ku mubyeyi wโ€™Umunyarwanda (se) nโ€™Umunyakenya (nyina), ariko agera mu Rwanda mu 2014, ari bwo ubuzima bwe bwahindutse. Yigeze gutangaza ko mbere yo kuhaza yari yatangiye kwishora mu biyobyabwenge, ariko aho ageze mu Rwanda, yagarutse ku murongo, akubaka izina rye binyuze mu gusetsa no mu kwamamaza.

Kuri ubu, abamukurikira bamuhaye ubutumwa bwโ€™ishimwe nโ€™ubwโ€™umunezero, bamwifuriza ko iyi modoka ari intangiriro yโ€™ibindi byinshi byiza bimutegereje imbere.

 

Previous Post

Mugisha Gilbert ukinira APR FC yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we – AMAFOTO

Next Post

Muhanga: Umunyonzi yagonganye n’imodoka itwara abagenzi afatwa mu mapine igenda imukurura mu muhanda

Next Post
Muhanga: Umunyonzi yagonganye n’imodoka itwara abagenzi afatwa mu mapine igenda imukurura mu muhanda

Muhanga: Umunyonzi yagonganye n'imodoka itwara abagenzi afatwa mu mapine igenda imukurura mu muhanda

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza nโ€™ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza nโ€™ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine yโ€™ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

ยฉ 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

ยฉ 2025 All Right Reserved