• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Siporo

Mugisha Gilbert ukinira APR FC yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we – AMAFOTO

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
October 4, 2025
in Siporo
0
Mugisha Gilbert ukinira APR FC yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we – AMAFOTO
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Rutahizamu wa APR FC, Mugisha Gilbert, uzwi cyane ku izina rya Barafinda, ari mu myiteguro yo kurushinga n’umukunzi we Mpinganzima.

Tariki 30 Nzeri 2024 nibwo uyu mukinnyi yambitse impeta Mpinganzima, amusaba ko yazamubera umufasha, maze umukobwa abihamya atazuyaje.

Related posts

Leonidas Ndayisaba wari umenyerewe mu biganiro by’imikino hano mu Rwanda yagiye ku yindi Radio

Leonidas Ndayisaba wari umenyerewe mu biganiro by’imikino hano mu Rwanda yagiye ku yindi Radio

March 16, 2026
FERWAFA yafashe umwanzuro ku kibazo cyateje impagarara ku mukino wa APR FC na Al-Merrikh

FERWAFA yafashe umwanzuro ku kibazo cyateje impagarara ku mukino wa APR FC na Al-Merrikh

January 20, 2026

Hashize igihe kirenga umwaka, aba bombi bongeye kugaragara mu birori byabereye mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, aho basezeranye imbere y’amategeko. Mpinganzima na Mugisha Gilbert bakuranye kuva kera, gusa baza gutandukana ubwo umwe yagumaga mu Rwanda undi ajya kubana n’umuryango we muri Canada.

Nyuma y’igihe gito, hasohotse ubutumire bwerekana ko ibirori byabo imbere y’Imana bizabera kuri iki Cyumweru, tariki 5 Ukwakira 2025.

Biravugwa ko Mugisha Gilbert atazajyana na bagenzi be ba APR FC muri Misiri, aho ikipe iri gukomereza imyiteguro y’umukino wo kwishyura wa CAF Champions League izahuramo na Pyramids FC.

Uretse Gilbert, undi mukinnyi wasigaye ni Cheick Djibril Ouattara, uri kugarura imbaraga nyuma y’indwara yamubujije gukina umukino ubanza.

Uyu mukino uteganyijwe ku Cyumweru tariki 5 Ukwakira 2025, ukazabera kuri 30 June Stadium muri Misiri, utangire saa moya z’ijoro ku isaha yo mu Rwanda.

Previous Post

Donald Trump yashimiye umutwe wa Hamas ku cyemezo wafashe

Next Post

Imbuga nkoranyambaga zimuhesheje imodoka ye ya mbere nyuma y’igihe kitari gito – Amafoto

Next Post
Imbuga nkoranyambaga zimuhesheje imodoka ye ya mbere nyuma y’igihe kitari gito  – Amafoto

Imbuga nkoranyambaga zimuhesheje imodoka ye ya mbere nyuma y'igihe kitari gito - Amafoto

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved