• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Bafashwe ntaho baragera: Polisi yafashe abantu batatu bari bafite urumogi bashaka kurwinjiza kigali

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
September 26, 2025
in Amakuru
0
Bafashwe ntaho baragera: Polisi yafashe abantu batatu bari bafite urumogi bashaka kurwinjiza kigali
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Mu Mujyi wa Kigali hafashwe abantu batatu bakekwaho gucuruza urumogi, rukaba rwabagezeho rubanje guhererekanywa n’undi wari urukuye mu Karere ka Gicumbi.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire, yabwiye IGIHE ko abo bafashwe hamwe n’ibiyobyabwenge bari bafite byahise bishyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo hakurikiranwe amategeko.

Related posts

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

March 15, 2026
Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026

Yashimye abaturage bakomeje gutanga amakuru ku gihe, bigatuma abishora mu gucuruza ibiyobyabwenge bafatwa bitarakwira mu baturage.

Ati: “Turakangurira abantu bose kwirinda kwishora muri ibi bikorwa kuko inzego z’umutekano zifatanyije n’abaturage zarabihagurukiye. Uburyo bwose bagerageza gukoresha bwamaze kumenyekana. Ni ngombwa ko bareka ibyo bikorwa, bashaka ibindi bakora, kuko ibiyobyabwenge ntibizana iterambere ahubwo bigusenya.”

CIP Gahonzire yibukije ko Polisi idashobora kwihanganira uwo ari we wese ushaka “kuroga abaturage aha ibiyobyabwenge.”

Mu Rwanda, urumogi rufatwa nk’ikiyobyabwenge gikomeye. Ingingo z’amategeko ziteganya ko umuntu uhamijwe n’urukiko gukora, guhinga, guhindura, gutunda, kubika cyangwa kugurisha urumogi ahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu ndetse n’ihazabu iri hagati ya miliyoni 20 Frw na miliyoni 30 Frw.

Previous Post

CANAL+ yaguze indi sosiyete byari bihanganye hano muri afurika

Next Post

Croix Rouge yashyize umucyo ku ifoto iri ku bica ku mbuga nkoranyambaga igaragaza umukozi wayo ameze nkuri gusabwa nimero n’umukinnyi

Next Post
Croix Rouge yashyize umucyo ku ifoto iri ku bica ku mbuga nkoranyambaga igaragaza umukozi wayo ameze nkuri gusabwa nimero n’umukinnyi

Croix Rouge yashyize umucyo ku ifoto iri ku bica ku mbuga nkoranyambaga igaragaza umukozi wayo ameze nkuri gusabwa nimero n'umukinnyi

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved