• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Imikino

Amavubi nyuma yo gutsinda Zimbabwe – hamenyekanye umubare w’agahimbazamusyi bahawe

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
September 10, 2025
in Imikino
0
Amavubi nyuma yo gutsinda Zimbabwe – hamenyekanye umubare w’agahimbazamusyi bahawe
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Nyuma y’intsinzi y’Amavubi yatsinze Zimbabwe igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi wabereye muri Orlando Stadium muri Afurika y’Epfo, Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yatanze agahimbazamusyi gakomeye ku bakinnyi n’umutoza.

Uyu mukino wabaye ku wa Kabiri, tariki 09 Nzeri 2025, wahesheje igikombe Amavubi nyuma yo gutsinda igitego cyiza cya Mugisha Gilbert uzwi nka Barafinda. Nyuma y’umukino, Shema Fabrice yinjiye mu rwambariro rw’ikipe y’igihugu abifuriza intsinzi, aho yemeje ko buri mukinnyi azahabwa agahimbazamusyi, kakabageraho mu buryo bwihuse.

Related posts

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

January 12, 2026
APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

January 10, 2026

Amakuru agezweho atangazwa na RADIOTV10 avuga ko ku wa Gatatu, saa 10h00, buri mukinnyi ndetse n’umutoza w’Amavubi bamaze guhabwa amadolari 700 , ubwo ni agera ku bihimbi 98000 Rwf igiteranyo cyayo yatanzwe yose angana n’ibihumbi 28 USD, bishobora guhera hejuru ya Miliyoni 40 Frw. Aya mafaranga yose yatanzwe n’umuyobozi wa FERWAFA ku giti cye, atandukanye n’ubusanzwe agahimbazamusyi gatangwa na Minisiteri ya Siporo hamwe na FERWAFA.

Biteganyijwe ko Amavubi bagaruka i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, bava muri Afurika y’Epfo nyuma yo guhagararira neza igihugu no kwegukana intsinzi ya kabiri ikomeye nyuma yo gutsinda Nigeria igitego 1-0.

Previous Post

Isiraheli yagabye igitero muri Qatar

Next Post

Umukino wari kuzahuza APR FC na Al Hilal muri ½ cya CECAFA wimuwe

Next Post
Umukino wari kuzahuza APR FC na Al Hilal  muri ½ cya CECAFA wimuwe

Umukino wari kuzahuza APR FC na Al Hilal muri ½ cya CECAFA wimuwe

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved