• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Imikino

Amateka agiye kwisubiramo: Mike Tyson na Mayweather bagiye kwiha ikibuga bumvane imitsi

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
September 5, 2025
in Imikino
0
Amateka agiye kwisubiramo: Mike Tyson na Mayweather bagiye kwiha ikibuga bumvane imitsi
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Abahoze ari ibihangange mu mukino w’iteramakofe, Mike Tyson na Floyd Mayweather, bategerejwe kongera guhura mu rugamba rukomeye ruzaba mu mwaka utaha wa 2026.

Nubwo ahazabera uyu mukino hataratangazwa, aba bagabo bombi bamaze kwemeza ko urugamba ruzaba kandi rudasanzwe.

Related posts

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

January 12, 2026
APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

January 10, 2026

Mayweather yavuze ati: “Niyo ngera mu kintu kiba kigomba kuba ari kinini kandi cy’amateka. Ndi mu bambere b’iteramakofe, bityo tuzaha abafana ibyishimo n’iby’agaciro.”

Ku rundi ruhande, Tyson yavuze ko atigeze atekereza kuzahura na Mayweather mu mukino nk’uyu, ashimangira ko ari ibintu bishya bizatangaza abakunzi b’umukino.

Floyd Mayweather azwiho gutsinda imirwano 50 muri 59 yakinnye, bikamufasha kemwegukana izina rikomeye mu mateka y’iteramakofe.

Mike Tyson we yabaye umukinnyi w’icyitegererezo mu myaka ya 1987 na 1990, ubwo yegukanaga ibihembo bikomeye birimo n’umudali w’indwanyi idatsinzwe.

Aba bombi bamaze imyaka myinshi basezeye gukina nk’ababigize umwuga — Mayweather we yasezeye  mu 2017, naho Tyson we asezera mu 2005.

Previous Post

Umwe mu bakinnyi ba APR FC yagurishijwe

Next Post

Niwe muhanzikazi wenyine wegukanye igihembo cya PGGS mu Rwanda – Sobanukirwa amwe mu mateka ya Knowless

Next Post
Niwe muhanzikazi wenyine wegukanye igihembo cya PGGS mu Rwanda – Sobanukirwa amwe mu mateka ya Knowless

Niwe muhanzikazi wenyine wegukanye igihembo cya PGGS mu Rwanda - Sobanukirwa amwe mu mateka ya Knowless

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved