• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Imikino

FC Barcelona imikono yose yateganyaga gukinira ku kibuga cyayo yimuriwe ku kindi kibuga

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 28, 2025
in Imikino
0
FC Barcelona imikono yose yateganyaga gukinira ku kibuga cyayo yimuriwe ku kindi kibuga
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Ikipe ya FC Barcelona iri mu bihe bitoroshye, aho Stade yayo ya Camp Nou ikiri mu bikorwa byo kuvugururwa, bigatuma itabasha kwakira imikino nk’uko byari byitezwe.

Ibi byatumye ikipe yandikira impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi, UEFA kugira ngo yemererwe gutangira imikino ya Champions League bakinira ahandi.

Related posts

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

January 12, 2026
APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

January 10, 2026

Kugeza ubu, imikino ya shampiyona Barcelona yateganyaga gukinira muri Camp Nou izabera ku zindi stade, harimo Estadi Olímpic Lluís Companys. Iyi stade yagiye yifashishwa mu mikino imwe n’imwe mu gihe ibikorwa byo kuvugurura byari bikiri mu nzira. Umukino wa mbere wa UEFA Champions League 2025 uzakinirwa kuri Estadi Olímpic, aho hateganyijwe igitaramo gishobora gutuma umukino wa shampiyona utazabera aho bari bateganyije.

Nk’uko amategeko ya UEFA abivuga, ikipe yakiriye umukino umwe mu cyiciro cy’amatsinda, ikomeza kwakira imikino yose y’icyo cyiciro aho.

Ariko kuri FC Barcelona, bishobora guhinduka, kuko bazakomeza gukinira kuri Camp Nou igihe izaba yuzuye. Ibyo bikorwa byo kuvugurura nibirangira stade izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abafana ibihumbi 105,000, naho igice cyo gutangiriraho kizakira abantu ibihumbi 27,000 kizuzura mu gihe cy’imyaka ibiri.

OLYMPUS DIGITAL CAMERA
Previous Post

Amerika:Umusore w’imyaka 23 yinjiye mu rusengero asangamo abanyeshuri bari gusenga ahita yicamo 2

Next Post

Urugo rwabo rwari rwuzuye ibyishimo ariko byahinduye isura nyuma yo kumenya ko babyaranye kandi bavukana

Next Post
Urugo rwabo rwari rwuzuye ibyishimo ariko byahinduye isura nyuma yo kumenya ko babyaranye kandi bavukana

Urugo rwabo rwari rwuzuye ibyishimo ariko byahinduye isura nyuma yo kumenya ko babyaranye kandi bavukana

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved