Mu Nama y’Abaminisitiri yabaye ku wa 29 Mutarama 2026, Guverinoma ya Burkina Faso yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu amashyaka ya politiki yose akorera muri iki gihugu, hamwe n’amategeko yayagengaga n’ibikorwa byayo. Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Emile Zerbo, yatangaje ko...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) cyatangiye ku mugaragaro igikorwa cyo gusuzuma imyirondoro y’abaturage no kubafotora, hagamijwe kubaha indangamuntu z’ikoranabuhanga zizwi...
Umukinnyi wa filime Nyambo Jesca yavuze ko yifuza kubaka urugo, ariko agaragaza ko abona bigoye kubona umusore w’inyangamugayo wamwemerera kuba...
Abayobozi bo mu ntara ya Puntland, imwe mu zifite ubwigenge bucagase muri Somalia, bashyize mu bikorwa igihano cy’urupfu ku mugore...
Umukinnyi wa filime nyarwanda Kalisa Ernest, wamamaye nka Samusure, yatangaje ko ateganya kugaruka i Kigali ku wa 12 Gashyantare 2026,...
Perezida wa Repubulika y'Rwanda , Paul Kagame, yagaragaje ko adasobanukiwe impamvu abashakanye babiri bananirwa gukomeza kubana kugeza bafashe icyemezo cyo...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yashyize ahagaragara itangazo ribuza abasirikare bose gutunga pasiporo zisanzwe cyangwa izindi nyandiko...
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatangaje ko bwigeze kugerageza kwegera Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, nyuma yo...
© 2025 All Right Reserved