• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

NIDA yatangaje ko Indangamuntu-Koranabuhanga ije gukemura byinshi no kwihutisha Serivisi

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 21, 2025
in Amakuru
0
NIDA yatangaje ko Indangamuntu-Koranabuhanga ije gukemura byinshi no kwihutisha Serivisi
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA) cyatangaje ko Abanyarwanda bazajya bahabwa Indangamuntu-Koranabuhanga izagaragaramo ifoto n’ nimero y’Irangamuntu gusa, nta yandi makuru menshi azajya ayigaragaraho. 

Iyi ndangamuntu izafasha ibinyu byinshi haba  kubona serivisi byihuse, aho umuntu yabonaga serivisi mu kwezi, ubu akaba yayibona mu masaha make.

Related posts

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

March 17, 2026
Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

March 17, 2026

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo NIDA, Manago Dieudonné, yavuze ko uyu mushinga watangiye mu 2023, igihe hatangirwaga itegeko riyiteganya.

Iyi ndangamuntu izubahiriza amategeko arengera amakuru bwite y’umuntu kandi izafasha mu itangwa ryihuse rya serivisi.

Manago yagize ati:“Serivisi umuntu yakabaye abonera mu gihe cy’ukwezi, azajya abasha kuyibona mu masaha atatu cyangwa atanu, cyangwa ako kanya bitewe n’ikoranabuhanga ryorohereza gutanga serivisi,”

Indangamuntu nshya izafasha kandi mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga (digital economy), aho umuntu ashobora gukura amafaranga kuri konti ye atavuye aho ari cyangwa kohereza undi amafaranga ako kanya.

 

IMITERERE YIHARIYE

Iri tangazo ryavuze ko Indangamuntu isanzwe yakoreshaga ikoranabuhanga, ariko inshya izaba yisumbuyeho:

Kuzifashisha intoki icumi, imboni z’amaso, n’isura mu kwemeza umwirondoro.

Gukuraho uburiganya bwashoboraga gutuma umuntu akoresha Indangamuntu ebyiri.

Nyirayo azagumana nimero ya mbere y’Indangamuntu kandi azahitamo uburyo ayitunze: kuyitunga muri telephone ngendanwa (smartphone) cyangwa kusohora bisanzwe imeze nk’ikarita, icapye( print).

Uzajya ushaka gukosora amakosa cyangwa guhindura amakuru agezweho, bizajya bikorwa byoroshye.

Previous Post

RDC: Abagore bakomeje gusuka amarira kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorerwa n’imitwe yitwaje intwaro

Next Post

Daniella Atim arifuza 60% by’umutungo w’uwahoze ari umugabo we Dr Jose Chameleone

Next Post
Daniella Atim arifuza  60% by’umutungo w’uwahoze ari umugabo we Dr Jose Chameleone

Daniella Atim arifuza 60% by'umutungo w'uwahoze ari umugabo we Dr Jose Chameleone

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved