• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Imikino

Mohammed Salah yaraye akoze amateka atazibagirana muri Primier League

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 16, 2025
in Imikino
0
Mohammed Salah yaraye akoze amateka atazibagirana muri Primier League
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Mohammed Salah yaciye agahigo katigeze gacibwa n’ubonetse wese aho yabaye umukinnyi wambere wujuje ibitego 10 mu mikino ifungura shampiyona y’u Bwongereza ya Primier League.

Igihanganjye muri ruhago Mohammed Salah yaciye agahigo katigeze gacibwa n’uwo ariwe wese aho mu ijoro ryakeye yakoze amateka atarakorwa nundi muri shampiyona y’ubwongereza ya primier League, ubwo bakinaga iyi shampiyona Mu ijoro ryakeye nibwo ikipe ya Liverpool FC yanyagiye ikipe ya  Bournemouth 4-2.

Related posts

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

January 12, 2026
APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

January 10, 2026

Nyuma yako gahigo M.Salah  ikinyamakur BBC cyatangaje ko salah yahise anganya n’umwe mubanyabigwi w’ikipe ya Manchester United,Andrew Cole nibobatsinze ibitego muri iyi shampiyona nyuma y’aba babanjirije nka Alan Shearer watsinze 260,Harry Kane watsinze 253 ndetse na  Wayne Rooney watsinze 208.

Ku bw’amahirwe make ku ruhande rwa Bournemouth, ntabwo izi kipe zakomeje kunganya kuko ku munota wa 88 Federico Chiesa, winjiye asimbuye, yatsinze igitego cya 3 ku ruhande rwa Liverpool mbere y’uko Mohamed Salah yinjiza icya 4, ari na cyo cya nyuma cyabonetse muri uyu mukino, mu minota 4 y’inyongera nyuma y’uko 90 y’umukino yari yarangiye.

Uyu mukino wageze muri 1/2 ari ibitego 2 bya Liverpool byatsinzwe na Hugo Ekitike, ku munota wa 37, na Cody Gakpo ku munota wa 49. Ibi bitego byaje kwishyurwa na Antoine Semenyo uko ari 2 ku munota wa 64 n’uwa 76 mu gice cya 2 ,Gusa igice cyambere cyarangiye ari 2-2

Nyuma yo kugaruka mu kibuga mu gice cya kabiri ku munota wa 88 nibwo Liverpool yashyizemo igitego cya 3 gitsinzwe  n’uwitwa Federico Chiesa Winjiye asimbuye gusa ntago byarangiriye aho kuko ku munota wa 4 w’inyongera  90 yo yari yashize nibwo M.Salah yatsinze icya 4, umukino urangira ari 4-2.

Previous Post

Pakisitan: abagera kuri 300 bishwe n’umwuzure abandi baburirwa irengero

Next Post

Donald Trump yahamagaje Volodymyr Zelensky wa Ukraine ngo baganire

Next Post
Donald Trump yahamagaje Volodymyr Zelensky wa Ukraine ngo baganire

Donald Trump yahamagaje Volodymyr Zelensky wa Ukraine ngo baganire

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved