• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Donald Trump nyuma y’ihura rye na Vladimir Putin yijeje abantu ko agiye kugirana ibiganiro n’umuryango wa NATO hakarebwa uko intambara y’u Burisiya na Ukraine yahagarara

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
August 16, 2025
in Uncategorized
0
Donald Trump nyuma y’ihura rye na Vladimir Putin yijeje abantu ko agiye kugirana ibiganiro n’umuryango wa NATO hakarebwa uko intambara y’u Burisiya na Ukraine yahagarara
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Dinald Trump nyumayo guhura na mugenziwe Vladimir Putin ngo bagiranebibiganiro nkuko byari byitezwe na benshi bivugwako ibiganiro byabo byagenze neza.

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump mu minsi yashize nibwo hatangajwe ko hagiye kubaho ibiganiro hagati ye na Perezida  w’U Burusiya Vladimir Putin ngo baganire ku bijyanye n’intambara iri hagati y’uburusiya na Ukraine, gusa mu bisanzwe ibi bihugu ntago byarebanaga neza,

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Trump na Putine bahuriye muri alaska mu ijoro ryakeye  ngo bagire ibyo bumvikanaho, ubwo aba bombi bajyaga ahagiye kubera ibiganiro Trump yatwawe n’imodoka yo mu bwoko bwa Limousine itwara Perezida wa US izwi nka ‘Beast’ yavuye muri Amerika, ndetse ajyanamo na mugenziwe Putin, bikaba bivugwa ko Trump impamvu atari kujyenda mu modoka y’uburusiya ari kumpamvu z’umutekano we.

Mugihe Putin yari ategereje imodoka ye yamaranye iminota 10 na Trump baganira nyuma y’uko imodoka ye ije birangira igendeye aho.

Nyuma y’ibiganiro, Putin yatangije ikiganiro bagiranye n’itangazamakuru gusa nta bibazo byinshi yigeze asubiza  bijyanye n’ibyo abanyamakuru bamubazaga ku by’intambara yo muri Ukraine.

Putin yavuze ko iyi nama yabaye yahuriyemo na Trump idakwiye gufatwa nk’iyamateka kuko yari ngombwa nyuma yigihe kinini aba bombi badahura.

Putin gusayavuze ko ibyo baganiriye bishobora kugira akamaro mu kugarura amahoro muri Ukraine gusa Trump we yavuze ko inama yari ingirakamaro.

Gusa yavuze ko ntacyo yijeje abantu cyavuye  muri iyi nama kuko ngo hakiri imbogamizi cyane yo kugarura amahoro muri Ukraine avuga ko nta kintu runaka bigeze baganira ngo bagereho gusa mu gihe gito bazagira icyo bageraho.

Trump yatanze ikizere ko agiye kuganira n’Umuryango wa NATO hamwe n’Abanyaburayi kugirango harebwe icyakorwa ku ntambara iri hagati y’u Burusiya na Ukraine basoje bavuga ko benda kugirana ibiganiro bizabera i Moscow aho bazahuriramo na Mugenzi wabo wa Ukraine.

Mbere yo guhura, Perezida Trump yari yagaragaje ko afite impungenge ko ibiganiro agiye kugirana na Putin bishobora kutagira icyo bigeraho.

Abari bateje impagarara batari bishimiyeko bombi bahura bavuze ko Trump atari akwiye kujyayo wenyine yari kujyana na Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine, bo babibona nk’ubugambanyi.

Previous Post

Umuhanzi ufite izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yaho yakoze ubukwe bwatunguye benshi

Next Post

Maj Gen Vincent Nyakarundi umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka yagiranye ibiganiro na Gen Dagvin R.M. Anderson uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM)

Next Post
Maj Gen Vincent Nyakarundi umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka yagiranye ibiganiro na Gen Dagvin R.M. Anderson uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM)

Maj Gen Vincent Nyakarundi umugaba mukuru w'ingabo z'u Rwanda zirwanira ku butaka yagiranye ibiganiro na Gen Dagvin R.M. Anderson uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM)

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved